Abakuru b’ibihugu bigize SADC, binyuze mu nama bakoze mu buryo bw’ikoranabuhanga, biyemeje gukomeza gufasha Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu rugamba ihanganyemo na M23. Samia Suluhu Hassan, Perezi...
Perezida Kagame yabajije bagenzi be bagize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba niba aho ibintu bigeze mu Burasirazuba bwa Repubulika bitaratangiye buri wese abireba. Mu ijambo yabagejejeho mu buryo b...
Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr yakiriye ububasha bwo kuyobora Umuryango w’ibihugu umunani bigize EAC. Mu mbwirwaruhame yagejeje kuri bagenzi be, yumvikanishije...
Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bakuru baherutse guhabwa inshingano muri Guverinoma y;u Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko kuba muri Guverinoma hashyizwemo abayobozi bakiri bato, ari ingirakamaro ku...
Madamu Jeannette Kagame aherutse kubwira abandi bafasha b’Abakuru b’ibihugu bari bahuriye mu Bwongereza ko kurwanya cancer y’inkondo y’umura mu bakobwa bo mu bihugu bya Commonwealth bigomba gukorwa ho...
Mu buryo batari biteze namba, abanyamakuru bo gace ka Homa Bay muri Kenya batunguwe n’abantu baje babakubitira mu kiganiro bari bitumiwemo. Abakuru b’imiryango bagize icyitwa Luo Council of Elders bar...
Mu rwego rwo kwitabira idasanzwe yatumijwe na mugenzi uyobora u Burundi, Perezida Kagame yageze i Bujumbura. Hari hashize ‘igihe kirekire’ atahagera. Perezida w’u Rwanda yagiye i Burundi k...
Politico yanditse ko nta muyobozi wo ku isi wemerewe kuzajyana indege ye mu Bwongereza ubwo bazaba bagiye gusezera bwa nyuma k’umwamikazi Elisabeth II uherutse gutanga. Abakuru b’ibihugu byose byo ku ...
U Rwanda rwahuriya na DRC muri Angola kugira ngo intumwa z’ibihugu byombi ziganire uko intambwe zo kugarura amahoro muri DRC no gutuma umwuka w’amahoro n’ubuvandimwe hagati ya Kigali na Kinshasa zater...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa Madamu Cathérine Colonna yabwiye mugenzi we wungirije wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ko i Paris badashyigikiye ibitero bya M23, ko igomba kub...








