Ubwanditsi bwa Taarifa bufite amakuru yizewe avuga ko nyuma y’uko mu Kigo cy’igihugu cy’ubuhinzi bagabanyirije abakozi, bamwe binyuze mu kubirukana, abandi mu kubahagarika by’agateganyo abandi bakikur...
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 08, Gicurasi, 2021 cyahuje ubuyobozi bwa Croix Rouge y’u Rwanda mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 59 igeze mu Rwanda, Appolinair...
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye mu muhango wo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga wahariwe abakozi uba buri tariki 01, Gicurasi, 2021 yavuze ko umuturage ari we nyirububasha mu gihugu k...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 01, Gicurasi, 2021 ni umunsi mpuzamahanga wahariwe abakozi. Impuzamiryango y’abakozi mu Rwanda yitwa CESTRAR yasohoye itangazo rikubiyemo ibyifuzo by’abakozi h...
Ku kazi no mu buriri niho hantu habiri umuntu uwo ari we wese amara igihe kinini cy’ubuzima bwe. Mu bihugu hafi ya byose by’isi, abakozi bo mu ngeri zose barya umugati bawubiriye icyokere. Kubira icyo...
Imibare y’ibarura ry’abantu bakurikiye ikiganiro cy’Umunyamerikakazi Ellen DeGeneres mu mwaka ushize yagaragaje ko bagabanutseho miliyoni imwe mu gihe cy’umwaka. Bivugwa ko abantu bamuvuyeho nyu...
Ashingiye kubyo abona nk’umwe mu bakora mu by’uburenganzira bwa muntu n’ubw’umwana by’umwihariko, Bwana Evaritse Murwanashyaka yameza ko ababyeyi badakurikiza imvugo yisw...
Ku Cyumweru tariki ya 14 Gashyantare, abakozi ba APR FC basezeye kuri Nyakwigendera Lt Gen Jacques Musemakweli wabaye umuyobozi w’ikipe guhera mu mwaka wa 2013 kugeza mu ntangiriro za 2021 witabye Ima...







