Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kiri ku rutonde rw’ibigo bya Leta biyihombya. Ibyo bigo uko ari WASAC, REG, UR, RRA n’Akarere ka Karongi, bimaze guhombya Leta arenga Miliyari Frw 2. Iby’i...
Muri Mali hari abantu babiri bari barohererejweyo ngo bagarure kandi babumbatire amahoro mu kazi bahawe na UN ariko biswe barasiwe mu Majyaruguru y’iki gihugu. Bari abakozi ba UN bari mu butumwa bwis...
Nyuma y’uko muri Kamena, 2022 mu Murenge wa Ndera havuzwe urupfu rw’umwana w’imyaka icyenda wishwe n’umukozi wo mu rugo ndetse uyu akaza kubyemerera ubugenzacyaha, ubu mu Karere Ka Gasabo naho haherut...
Jean Bosco Nduwamungu, Irafasha Felicien ni abakozi b’Akarere ka Kicukiro baherutse gutabwa muri yombi n’Ubugenzacyaha, RIB, nyuma y’uko buhawe amakuru avuga ko ngo bari batse umuturage ruswa. ‘...
Mu rwego rwo kuzaha serivisi nziza abazitabira Inama ya CHOGM izatangira taliki 21, ikazageza taliki 26, Kamena, 2022 abakorera ku giti cyabo bavuga ko bashyizeho uburyo bwo kuzakora amasaha yose agiz...
Umuntu aho ava akagera akunda ibimera. Ibimera ni ingenzi mu kuduha ibiribwa, umwuka wo guhumeka, ibicanwa, imiti, n’ibikoresho byo mu ngo. Hejuru y’ibi, hiyongeraho ko ibimera bitewe mu bikombe by’ib...
Ibibazo Abadepite basanze mu bigo ndarabuzima bamaze iminsi basura byatumye hari hamwe muribo basaba ko hakwiye kurebwa uko bamwe mu bakozi ba RSSB bajyanwa mu ngando bakigishwa indangagaciro z’Abanya...
Kuva Qatar yemererwa gutangira kubaka Sitade izakinirwamo imikino y’igikombe cy’isi, abakozi batangiye akazi ariko ikibabaje ni uko uburyo bakoramo busa n’ubucakara k’uburyo hari abapfuye bazize ingar...
Minisitiri w’Umurimo n’abakozi Fanfan Rwanyindo Kayirangwa avuga ko kimwe mu bintu bitaragerwaho mu mikorere y’abakozi mu nzego za Leta ari uko hari urwego rudahagije rw’imyifatire n’imyitwarire ya ba...
Impamvu hano ijambo ‘ku kazi’ ari ngombwa ni uko hari n’ubwo abakoresha barengera bagakoresha cyangwa bagashaka gukoresha abakozi babo akazi n’iyo baba bari mu ngo zabo. Ubushakashatsi buherutse gutan...









