Ubuyobozi bw’Urugaga nyarwanda rw’abakozi, CESTRAR, buvuga ko bikwiye ko mu nama mpzamahanga ziga ku mategeko agenga abakozi, imibereho myiza yabo mu ngeri zose, bazajya bahagararirwa, bakazitangamo i...
Ibigo 30 byo mu Bushinwa byaraye bihuye na bamwe mu Banyarwanda bize muri kiriya gihugu kugira ngo harebwe niba bujuje ibisabwa ngo bibahe akazi. Abanyarwanda 300 bari baje kumva ibyo Abashinwa babasa...
Ibarura Rusange ro mu mwaka wa 2022, rigaragaza ko abakozi bo mu rugo bangana na 3,9% by’Abanyarwanda bose bafite akazi. Iri barura rigaragaza abakozi bo mu rugo nk’ikindi cyiciro cy’Abanyarwanda ‘ba...
Mu mpera za Nyakanga, 2023, Banki yitwa Equity ( iyoborwa n’ikigo Equity Group Holdings Plc) izaba yarangije kwishyura no kwegukana mu buryo budasubirwaho imigabane y’icyahoze ari Cogebanque. Ubuyoboz...
Kuva Elon Musk afata Twitter ngo ayiyobore, imaze guhomba miliyari £20 ku yo yari yiteze kuzunguka. Ubwe aherutse kubwira abakozi be ko mu kigega cya Twitter hasigayemo miliyari £16 gusa. Uyu mugabo ...
Dr.Emmanuel Ugirashebukja yabwiye abagenzacyaha baje mu Nama rusange y’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha ko mu kazi kabo [katoroshye] bagomba kuzirikana ko ibimenyetso bakusanyije, baba bagomba kubyi...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buherutse guta muri yombi abasore batatu bakurikiranyweho kwiba umukiliya wari waje kuhacumbika. Bamwibye $6,800. Ni amafaranga yari yabikijwe ushinzwe kwakira abakiliya.. A...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bigo by’ubuvuzi hazakomeza gukurikizwa amasaha asanzwe mu gihe abandi bakozi bo bazajya batangira saa tatu za mu gitondo. Kuri Twitter Minisiteri y’ubuzima yahandi...
Impinduka mu mikorere ya Twitter nyuma yo kugurwa n’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk, zari gukora kuri benshi. Mu masaha make ashize, abakoreraga iki kigo mu ishami ryacy muri Afurika batunguwe no k...
Nta gihe kinini umukire wa mbere ku isi Elon Musk atangaje ko aguze Twitter. Icyakora hari bamwe batangiye kuva kuri Twitter kubera impamvu zitandukanye zirimo n’uko yaguzwe n’uriya mugabo bamwe batiy...









