Itorero ry’idini ry’abasengera Kiliziya ya Pentekoti mu Rwanda ryitwa Rwanda Pentecostal Assemblies riherutse gutaha inyubako izahugura abashumba. Ni inyubako ebyiri zizafasha abo muri iki kigo basanz...
Arkipesikopi Antoine Cardinal Kambanda yasabye abashakanye kubaha Imana kuko umuntu wubaha Imana yubaka urugo rutekanye. Yabwiye abitabiriye igitambo cya Misa yaraye atambye ati: “Ingo nyinshi muri i...
Kiliziya Gatulika mu Rwanda yasohoye itangazo rivuga aho ihagaze ku cyemezo Papa Francis aherutse gutangaza cyo guha umugisha ababana bafite ‘ibitsina bisa.’ Abepisikopi Gatolika bose bo m...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabwiye Abakirisitu bo muri Women Foundation Ministries/Noble Family Church bitabiriye amateraniro ‘Wirira Fellowship’ ko k...
Musenyeri Laurent Mbanda uyobora Itorero Angilikani mu Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wo gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana GAFCON avuga ko gushyigikira abaryamana bah...
Kuri uyu wa 04, Mata, 2021 ni umunsi Abakirisitu bibuka izuka rya Yesu/Yezu Kristu uzwi ku izina rya Pasika. Kubera ko uba ari umunsi mukuru, abantu benshi barishimisha kandi muri iki gihe bakaba bash...
Umuryango ukorera muri USA witwa Open Doors wasohoye urutonde rw’ibihugu 50 ku isi aho bigoye ko umuntu aba Umukirisitu. Kenya iri mu bihugu by’Afurika, ikaba iya mbere muri EAC. Igihugu kiri ku mwany...






