Umuyobozi w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Regis yahamije ku kigero kinini cy’abakinnyi batandukanye n’iyi kipe, avuga ko bari abagambanyi. Ngo barayigambaniye bayibuza gutwara ig...
Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yabwiye abakinnyi ko mu gihe batisubiye ho hari impinduka zazakorwa kandi zikazagira abo zikoraho. Abo bashobora kuzirukanwa mu mpera z’uyu mwaka w...
Abakinnyi b’ikipe ya REG BBC bagiye muri Senegal mu irushanwa nyafurika cya Basketball, BAL. REG BBC niyo izahagararira u Rwanda muri iriya mikino. Aberekeje i Dakar barimo Nshobozwabyosenumukiza Jean...
Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’amagare avuga ko kimwe mu byo yishimira byagenze neza muri Tour du Rwanda ya 2023 ari uko nta mukinnyi wahavunikiye cyangwa ngo ahagwe. Mur...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu Umuyobozi wa APR F.C Lt Gen Mugamga Mubarakh yaraye akurikiranye imyitozo y’iyi kipe. Yabwiye abakinnyi ko bagomba kwitegura umukino uri bubahuze na Musanze FC...
Gicumbi Handball Club ivuga ko igikomeje intego yo kwegukana igikombe cya Shampiyona kizatangirwa gukinirwa mu mpera za Gashyantare, 2023. Perezida w’iyi kipe Felicien Nizeyimana uherutse gutorwa, av...
Ikipe ya REG Volleyball Club y’abagabo na APR Volleyball Club y’abagore ni zo zegukanye Shampiyona ya Volleyball y’u Rwanda y’umwaka w’imikino wa 2022-2023. Kuri iki Cyumweru taliki ya 22 Mutarama, 20...
Mu mahugurwa abasifuzi ba Karate bahawe, babwiwe ko hari impinduka zashyizweho mu mategeko agenga umukino wa karate. Abasifuzi 60 bo mu Rwanda barimo abagabo 52 n’abagore umunani nibo bahawe ariya mah...
Itangazo iyi kipe yasohoye rivuga ko mu minsi mike ishize, hari abakinnyi bayo b’abagore basuye u Rwanda. Abo ni Jen Beattie, Caitlin Foord, Katie McCabe na Jordan Nobbs. Ni ryo tsinda rya mbere ry’a...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwandikiye ubwa APR FC bubusaba ko bwaba bubatije abakinnyi babiri b’iyi Kipe bakomoka muri kariya Karere ngo babufashe mu bukangurambaga bugiye gutangiza. Akarere ka G...









