Watangiye amakipe yombi akinira hagati nta gusatirana gukomeye guhari. Ku munota wa kane w’umukino, Power Dynamos yabonye koruneri ntiyayitsinda. Kugeza ku munota wa munani w’umukino, Power Dynamos ya...
Kevin Muhire uyobora bagenzi be basangiye gukinira Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasezeranyije Abanyarwanda ko bazatsinda umukino uzabahuza n’ikipe y’igihugu ya Sudani y’Epfo. Uwo mukino witeguwe na bensh...
Hari umufatanyabikorwa wa Kiyovu Sports witwa Gorillas Coffee ugiye kuyiha $50,000 azayifasha gukomeza kwiyubaka. Kiyovu Sports imaranye igihe ibibazo birimo n’ibyo yafatiwe na FIFA birimo kutagura ab...
Uburwayi mu bakinnyi batanu ba AS Kigali bwabaye mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo bari bagiye gukina na Sunrise FC umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona. Amakuru yemeza ko abo bakinnyi bajya gukina ba...
Federasiyo y’umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko ishaka ko abantu bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa baza guhugurirwa kuba abatoza b’amakipe akina uyu mukino. Bukubiye mu itangazo iyo F...
Ni abakinnyi bari bakubiswe n’inkuba mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo bari batangiye umukino wahuzaga Ikipe y’Abato ya Rambura WFC na Inyemera ya WFC yo muri Gicumbi. Uwo mukino wari wabereye kuri st...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 13, Mutarama, 2024, ubwo kuri sitade y’Akarere ka Gicumbi haberaga umukino wahuzaga ikipe y’abakobwa ya Inyemera WFC Junior na Rambura WFC Junior, ink...
Nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 bikozwe na Rayon Sports, umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC yabwiye itangazamakuru ko abakinnyi be bakoze amakosa, Rayon Sports irabakosora. Ngo muri Football bibaho k...
Muri Croatia aho hari bagiye bahagarariye ikipe y’igihugu cyabo ya Handball, abakinnyi 10 muri 13 bagize iyo kipe y’Uburundi babuze. Ntawamenye aho barengeye. Kubera iyo mpamvu, hahise hanzurwa ko iyi...
Umunya Tunisia Yamen Zelfani yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali azanywe no gutoza Rayon Sports. Iyi kipe ni imwe mu zifite abafana benshi mu Rwanda kandi muri iki gihe abayizi bavuga k...









