Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yageze ku Biro bikuru by’Ishyaka rye National Resistance Mouvement, NRM, gufata impapuro zimwemerera ku mugaragaro ko ari we uzarihagararira mu matora y’Umukuru w’ig...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye abayoboye amatsinda atandukanye y’indererezi ziheruka kugenzura uko amatora y’Umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite yagenze. Abo yakiriye ni Jorge Carlos De...
N’ubwo atamuvuze mu izina ariko Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatangaje hari umwe mu bashakaga kuziyamamariza kuyobora u Rwanda wahaga urubyir...
Komisiyo y’igihugu y’Amatora yatangaje ko kugeza ubu umuntu umwe ari we wamaze kuyigezaho inyandiko zikubiyemo ukwiyamamaza kwe ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, uwo akaba ari Paul Kagam...
Amatora yo kuzuza imyanya itari ifite abayobozi mu Turere twa Burera na Karongi yarangiye Soline Mukamana ari we utorewe kuyobora Burera n’aho Valentine Mukase atorerwa kuyobora Karongi. Madamu Vestin...
Kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza, 2023 nibwo igice cya mbere cy’igihe abakandida bo kuyobora DRC bahawe ngo biyamamaze cyuzuye. Imibare irerekana ko Felix Tshisekdi na Moïse Katumbi ari bo bari i...





