Kuri uyu wa Kane mu Mujyi wa Kigali hazatangizwa uburyo bugenewe abajyanama b’ubuzima buzabafasha gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano mu gukusanya amakuru ya serivisi baha abarwayi akabikwa ...
Umukuru w’u Rwanda yabwiye abajyanama b’ubuzima bagera ku 8,000 bari baje guhura nawe ko Politiki y’ejo hazaza izakorwa n’urubyiruko kandi ko igomba kurusha ubwiza n’akamaro Politiki y’igihe cyatambut...
Mu masaha make ari imbere, Perezida Paul Kagame waraye wemejwe bidasubirwaho ko azahagararira Umuryango FPR Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’igihugu, araganira n’abajyanama b’ubuzima bahagarariye aband...


