Intabaza abacururiza mu isoko rya Kimironko bagejeje kuri Polisi mu minsi yashize niyo yatumye mu minsi ibiri ifata abantu ikekaho ubujura muri iri soko. Polisi yafashe abo bantu 29 hagati y’ita...
*Amerika yahaye Iran amasaha 48 ngo imanike amaboko *Iran ntibikozwa *Putin ashobora kwinjira muri iyi ntambara UBURASIRAZUBA bwo Hagati bwahoze kandi kugeza n’ubu buracyari ahantu hakunze kubera inta...
Ntituramenya niba ari ‘Operation’ yihariye Polisi y’u Rwanda yatangije mu Mujyi wa Kigali, gusa ikigaragara ni uko hari abantu benshi biganjemo urubyiruko iri guta muri yombi, ikemeza ko ari abajura. ...
Kaminuza nkuru y’Uburundi iri mu zahoze zikomeye mu Karere k’Afurika y’Ubusirazuba. Muri iki gihe yatakaje byinshi birimo n’umutekano w’abahiga nk’uko babyivugira. Mu gihe abanyeshuri bavuga ko bigira...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Dr. Thierry B.Murangira yatangaje ko uru rwego rwafunze abagabo batatu b’abanyamahanga kubera ubucuruzi bw’amafaranga butemewe bakoraga. Ni ubucuruzi ba...
Kuri uyu wa Kane, Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Jali, Akagari ka Agateko, Umudugudu wa Kinunga, ifatanije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage yafashe abajura bane bategaga abatura...
Abatuye Umudugudu wa Kagara, Akagari ka Musezero, Umurenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo bashobora kwiruhutsa nyuma yo kumenya ko Polisi yafashe abantu bari basanzwe batega abacuruzi bajya kurangura b...
Abasore batatu baherutse gufatwa na Polisi nyuma yo kubona amakuru ko biba abantu bakabatera ibyuma. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire yabwiye Taarifa Rwanda ko abo bantu ba...
Mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Musanze n’Akarere ka Gakenke haherutse gufatirwa abantu 21 Polisi ikurikiranyeho ubujura bushikuza abantu ibyabo. Umukwabo wa simusiga Polisi iherutse gukorera muri...
Ku bufatanye bw’abaturage, inzego z’ibanze na Polisi, hari abagabo bane bafashwe bakekwaho kwiba abantu babanje kubaniga. Bafatiwe mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Kimisagara, Umurenge wa Kimisagara ...







