Kuri Pétit Stade habereye umukino wa Basketball wahuje abangavu b’u Rwanda na bagenzi babo ba Tanzania urangira ab’i Kigali batsinze abo muri Dar es Salaam amanota 64 kuri 41. Bari gukina irushanwa ny...
Minisiteri y’uburezi muri raporo yayo, yemeza ko imibare yo mu mwaka w’amashuri wa 2024 yerekana ko abakobwa bigaga amashuri abanza n’ayisumbuye barutaga ubwinshi basaza babo kuko bari 50.5% mu gihe a...
Ibi bikubiye mu bimaze gutangazwa na Minisiteri y’uburezi mu kiganiro n’abanyamakuru kiri kuvugirwamo uko imitsindire ya biriya bizamini yagenze. Abakobwa batsinze ku kigero cya 97% mu gihe basaza bab...
Madamu Jeannette Kagame yaraye avuze ko ari ngombwa ko abayobozi bose mu nzego zose z’uburezi bagomba kumenya kandi bakemera ko abana b’abakobwa n’abana b’abahungu bose bareshya mu burengazira bagombw...



