Hashingiwe ku bikubiye mu masezerano yaraye asinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, Ikigo gifasha abahinzi kitwa One Acre-Fund Tubura n’Ihuri...
Izuba ryinshi ryatse mu Mirenge y’Akarere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda ryumishijje ibigori ku buryo ababihinze bafite impungenge zo kuzarumbya. Ubuyobozi bwo bubizeza ko nta nzara bazagira. Ba...
Mu rwego rwo gufasha abohereza hanze imbuto n’imboga kubikora neza, ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, na USAID, bahaye bamwe muri bo im...
Umwe mu bahanga mu byo kwihaza mu biribwa witwa Amath Pathé Sene uyobora Ikigo Africa Food Systems Forum avuga ko iyo abaturage bashonje baba bafite ibyago byo gusubiramo. Yabivugiye mu nama yahuje i...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bitazageza kuri uyu wa Mbere taliki 19, Kanama, 2024 toni z’umuceri zari zaraheze ku mbuga mu mirenge y’akarere ayobora zitabonye abaguzi. Hashize igihe gi...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), kivuga ko hari amarushanwa amaze iminsi akorwa n’abahinzi b’ikawa ngo harebwe abayitaho neza k...
Mu Karere ka Karongi hari abahinzi baranduye igihingwa cy’ibobere bari barahinze babigiriwemo inama n’umushoramari ariko aza kubura. Aho aburiye bagiriwe inama yo kuyarandura kugira ngo bahinge ibihi...
Abahinzi bo mu Murenge wa Gikonko mu Karere ka Gisagara basabye ubuyobozi kuganira n’ubuyobozi bw’uruganda rutunganya umuceri bakorera, kureba uko bajya bawugurira i Gikonko kuri make bada...
Bashingiye ku mwanzuro wo mu yindi yafashwe mu Nama y’igihugu y’Umushyikirano ya 18 yabaye mu mwaka wa 2023, abahinzi bashima ko hashyizwe umuhati mu kuzamura umusaruro, bikagaragarira no ku musaruro ...
Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, bitangaza ko imibare imaze kubarurwa y’abaguye mu bushyamirane hagati y’aborozi b’Abisilamu n’Abahinzi b’Abakirisitu imaze kugera ku bantu 113. Iyi mirwano yabaye...









