Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Dr. Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’Abanyarwanda baba mu Buhinde. Yababwiye ko aho Umunyarwanda ari hose aba agomba kurangwa no kwiyubaha, akaba in...
Ni ubwo bwa mbere mu myaka irenga 100 Abahinde bageze mu Rwanda, bubatse ingoro y’idini ry’abo ry’Abahindu. Ni ingoro yubatswe mu Karere ka Kicukiro ahitwa i Nyanza hafi y’ahari gare ya Nyanza uzamuk...
Abahinde baba mu Rwanda baraye batashye ingoro ya mbere izasengerwamo na bagenzi babo bo mu idini gakondo ry’Abahindu. N’ubwo idini ry’Abahindu ari ryo gakondo kandi riniganje mu Buhinde, habayo n’an...
Mu Nyanja y’Abahinde haherutse gufatirwa ibiyobyabwenge bipima toni 8.7. Ibyo biyobyabwenge byafashwe ni urumogi, mugo(heroine) n’ikiyobyabwenge bita methamphetamine kinyobwa nk’ikinini. Polisi y’u Bu...



