Harabura igihe gito ngo iserukiramuco rya Giants of Africa ritangire kubera mu Rwanda. Kugeza ubu amatike yose yamaze kugurwa kuko nayari yasohotse yahise agurwa byihuse. Iri serukiramuco rizatangira ...
Urubuga YouTube rwerekanye ko mu mezi atatu ashize( Mutarama-Werurwe) umuhanzi Yampano ari we warebwe cyane n’abarukoresheje, akurikirwa na Bruce Melodie. Indirimbo ze zarebwe n’inshuro Miliyoni 6.92 ...
Umunya Afurika y’Epfo kazi Yvonne Chaka Chaka ari mu bahanzi bategerejwe mu Rwanda mu minsi mike iri imbere mu nama mpuzamahanga ku iterambere rya muzika. Iratangira kuri uyu wa Kane, taliki 14, ikaza...
Abasore bagize itsinda rya Sauti Sol batangaje ko italiki bari buzakorereho igitaramo yahindutse ireka kuba taliki 18, iba taliki 30, Ukwakira, 2024. Ntibigeze batangaza impamvu yo guhindura iyo talik...
Mu gihe mu Rwanda hateganywa inama izahuza abahanzi barenga 20 muri Afurika, bagenzi babo bo mu Rwanda bagirwa inama yo kwagura imikoranire na bagenzi babo bo kuri uyu mugabane. Imwe mu mpamvu abahan...
Umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda witwa Nel Ngabo avuga ko kuva umwaka wa 2024 watangira yakoranye na bagenzi be indirimbo nziza kandi ko ibyo ari ibyo kwishimirwa. Nk’ubu aherutse gukorana na DJ Tox...
Mu mujyi wa Kigali habereye iserukiramuco ryateguwe n’Abanyarwanda n’Abarundi ryiswe ‘Iteka African Cultural Festival’. Ryerekaniwemo imbyino n’ibindi bigize umuco w’aba baturage bombi, bikorwa mu rwe...
Ubuyobozi bwa RDB, Rwanda Convention Bureau n’abandi bari gutegura irushanwa rya Trace Awards barashimwa ko kugeza ubu bari kubitegura neza. Ni ishimwe bahawe n’umuyobozi w’ikigo Trace Awars Africa wi...
Ubwo ubuyobozi bwa RDB n’’ikigo mpuzamahanga gikora indirimbo zica kuri televiziyo mpuzamahanga ya Trace batangazaga abahanzi batatu batoranyijwe ko bakomeza guhatana na bagenzi babo bo muri Afurika, ...
Urutonde ‘Top Chart Africa’ rugaragaza uko indirimbo z’abahanzi bo muri Nigeria zagiye zumvwa kurusha izindi. Burna Boy niwe uza imbere ya bagenzi. Uwavuga ko ari nawe ukunzwe kurusha abandi muri Afur...









