Libya, Ubugereki, Espagne, Ubushinwa, Hong Kong n’Amerika y’Amajyepfo ni ibice bitandukanye by’isi biherutse kwibasirwa n’imyuzure yishe ibihumbi n’ibihumbi by’abantu. Nk’ubu hari ubwoba ko abantu bar...
Abayobozi mu bigo bibiri bikora ku byerekeye kurengera ibinyabuzima baherutse guhura bemeranya k’ugushyira imbaraga mu kubungabunga urusore rwabyo muri Afurika. Ni inama yabereye i Kigali yasinyiwemo ...
Guhera taliki 23 kuzageza taliki 27, Nyakanga, 2023 mu Rwanda hazabera inama mpuzamahanga y’abahanga mu binyabuzima iziga uko ibinyabuzima bibungabunzwe byakomeza gusagamba. Ni inama yiswe 2023 Intern...
Ishyaka riri ku butegetsi muri Singapore riri mu kigeragezo gikomeye nyuma y’uko Minisitiri w’ubwikorezi atawe muri yombi akurikiranyweho ruswa. Bidatinze Perezida w’Inteko ishinga amategeko hamwe n’...
Raporo y’Umuryango w’abibumbye ivuga ko mu myaka icumi yakorewemo ubushakashatsi, ibisubizo byarekanye ko guhera mu mwaka wa 2011 kugeza mu mwaka wa 2021 umubare w’abakoresha ibiyobyabwenge wavuye ku ...
Abahanga bo mu bihugu bigize Umuhora wo hagati( Central Corridor) baherutse mu Burundi mu nama ibanziriza y’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa remezo. Baherutse kwigira hamwe uko inzira z’uyu muhora zak...
Ku nshuro ya mbere, Kenya irohereza mu kirere icyogajuru cyakozwe n’abahanga bayo. Bagihaye izina rya ‘Taifa -1’ kikaba kiri buhagaruke ku butaka kuri uyu wa Kabiri taliki 11, Mata, 2023. Ni icy...
Ku isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro hari ikibazo bamwe babona ko kizagira ubukana mu mwaka wa 2023. Ni ukubura kwa zahabu, rimwe mu mabuye y’agaciro afitiye inganda nyinshi akamaro. Umwaka wa 2...
Abatuye mu mijyi bakunze kuvuga ko imibereho yabo itabemerera mu buryo bworoshye kubona umwanya wo gukora siporo. Uko byagenda kose ariko, umuntu yihaye gahunda yo gukora siporo mu minota itanu ntibya...
Abibwira ko COVID-19 yatsinzwe burundu bashobora kuba bibeshya cyane. Abahanga mu bya virusi bavuga ko isi yagombye kwitegura ubundi bwandu bushya bwa COVID-19 bise BQ.1 na BQ.1.1 Ni ubwandu bukomoka...








