Abahanga mu mateka bemeza ko ikayi y’umwihariko bita Journal Intime ari ingirakamaro mu kumenya imibereho y’abantu batubanjirije ku isi. Niyo yabafashije kumenya uko Abayahudi babagaho mu Ntambara ya ...
Kuva isi yabaho( bavuga ko hashinze imyaka miliyoni 485) ntiyigeze igira ubushyuhe nk’ubwo ifite muri iki gihe. Ndetse abahanga bavuga ko mu myaka yose imaze, umwaka wa 2023 ari wo yashyushye kurusha ...
Ikigo kitwa CubeSat cy’abanya Repubulika ya Tcheque kiri gukora icyogajuru cy’u Rwanda kizoherezwa mu kirere mu mwaka wa 2026. Kizaba gishinzwe gukurura amakuru y’ibintu bitandukanye birimo n’ibireba ...
Prof Mambo Muvunyi Claude yabwiye abahanga bitabiriye Inama mpuzamahanga mu buvuzi n’ubuzima ko ari ngombwa ko ibyavuye mu bushakashatsi bihuzwa n’ibibazo bihari kugira ngo haboneke ibisub...
Abize uko imitsi n’amaraso by’umuntu bikora bemeza ko iyo umuntu agenze n’amaguru ahantu hagerwa intambwe hagati ya 9,000 na 10,000 aba agiriye neza umutima we, ibihaha bye n’uruhu rwe. Hari abemeza ...
Abantu benshi bazi kandi bemera ko gufata ibiribwa cyangwa ibinyobwa bikize kuri Vitamini D ari byo bituma amagufa yabo akomera kandi koko nibyo. Nibyo kuko iyi vitamini ifasha umubiri gukurura, kubik...
Mu Cyumweru kizatangira taliki 12, Gashyantare, 2024, Perezida Kagame azajya i Dubai mu Nama y’abanyacyubahiro izavuga ku byerekeye imiyoborere iboneye yitwa World Government Summit. Iyi nama izatangi...
Burya kuba umuntu ushyira ibintu ku murongo, akagira gahunda bigirana isano itaziguye no kuba utuje mu mutwe, udahungabanye. Abahanga baritegereje basanga abantu bashyira ibintu byabo ku murongo bagir...
Bisa n’aho bidashoboka ko Umunyarwanda[kazi] yateka ifunguro iryo ari ryo ryose atabanje kuronga ibiribwa. Bamwe bumva ko ari isuku kandi koko, muri rusange, ni ngombwa ko ibiribwa bw’amoko menshi bir...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, rivuga ko mu Majyaruguru y’Ubushinwa hari indwara y’ubuhumekero iri gufata abana. Ituma bahumeka nabi kandi bakagira umusonga. Ikinyamakuru cy’Aba...









