Komiseri Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, RCS, CG Evariste Murenzi n’itsinda yari ayoboye basuye igororero rya Rusizi baburira abarifungiwemo n’abandi bagororwa kut...
Chief Superintendent of Prisons ( CSP) Hillary Sengabo yongeye kugirwa Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, inshingano yari amaze imyaka irenga ine avuyemo kuko yari ari mu masomo. Uyu mugabo wam...
Muri gereza zo mu Burundi( gereza bayita Ibohero mu Kirundi) haravugwa iyicarubozo rikorerwa imfungwa n’abagororwa bakiri bashya. Udafite amafaranga yo kugura bougie ntahabwa ifunguro ndetse iyo...
Urwego rw’igihugu rushinzwe igorora rwasinyanye n’urwo muri Namibia amasezerano yo guhanahana amakuru n’uburyo bwo kwita ku bagororwa. Hakubiyemo uburyo inzego zombi zizafatanya mu mikorere n’imicungi...
Habiyakare usanzwe ari umuganga mu igororero rya Nyarugenge riri mu Murenge wa Mageragere yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo kumena ibanga ry’akazi, gusaba, kwakira cyangwa gutanga indon...
Mu rwego rwo gutanga ubutabera binyuze mu bwiyunge no kubaka amahoro, Guverinoma y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gusaba imbabazi bikozwe n’uwahemutse bityo uwahemukiwe akamubabarira, bakiyunga kandi b...
Urwego rw’Imfungwa n’Abagororwa (RCS) rwatangaje ko rwarekuye abagororwa 4791 barimo abagore 10 bahamijwe icyaha cyo gukuramo inda baheruka guhabwa imbabazi na Perezida Paul Kagame, n’abandi 4781 bare...






