Mu mukino wo gushaka itike yo kujya mu mikino Olempike izabera i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2024, ikipe y’u Rwanda y’Abagore ikina umupira w’amaguru yaraye inganyije na Uganda ibitego 3-3. Hari m...
Umunyarwandakazi Merry Balikungeri yubatse ikigo nderabuzima i Gacuriro ahitwa mu Umucyo Estate kugira ngo abagore batuye hafi aho bajye babona aho bivuriza bitabasabye kujya mu Bitaro bya Kibagabaga....
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette avuga ko ikibazo cy’ubusinzi mu Rwanda cyafashe indi ntera k’uburyo hari n’abagore basigaye banywa agahiye bakagenda badan...
Koperative ni urwego rushyirwaho n’abantu bagiriranye icyizere ariko bakagengwa n’itegeko kugira ngo umutungo bahurije hamwe uzabagirire akamaro mu buryo bw’imari cyangwa mu bundi buryo ntawe uhutaye....
Madamu Jeannette Kagame yifurije ababyeyi b’abagore umunsi mwiza wahariwe kuzirikana urukundo bagirira abagize imiryango. Mu butumwa yabageneye yavuze ko ababyeyi b’abagore ari abantu barangwa n’uruku...
Hari abagabo mu Karere ka Rulindo bavuga ko barembejwe n’inkoni bakubitwa n’abagore babo, bagasaba ubutabera. Abo bagabo bavuga ko bibabaje kuba umugabo akubitwa n’umugore we kandi aba yaramushatse ng...
Mu Mudugudu wa Butete, Akagari ka Kabyiniro mu Murenge wa Cyanika ku wa Kane taliki ya 13, Mata,2023 ahagana saa kumi n'ebyiri z'umugoroba hafatiwe abagore babiri bafite amashashi 20,000 ba...
Mu Kigo gitoza umutwe w’abapolisi b’u Rwanda bashinzwe kurwanya iterabwoba kiba i Mayange mu Karere ka Bugesera kitwa Counter Terrorism Training Center( CTTC) habereye umukino wo kumasha wakozwe n’aba...
Umuhati w’uko uburinganire n’ubwuzuzanye byakwira ku isi hose waradohotse. Ndetse ngo umaze gutanga icyuho kinini k’uburyo raporo y’Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Abibumbye itangaza ko bizafata i...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwandakazi by’umwihariko n’abagore bo muri Afurika muri rusange, mu Rwanda haherutse gutangizwa ikigega kiswe WiNFUND NFT Africa Collection kigamije guteza imbere imishinga ...









