Umuvugabutumwa witwa Apostle Mignone Kabera uyobora Umuryango Women Foundation Ministries avuga ko Imana yaremye umugore kugira ngo abe icyuzuzo cy’umugabo kandi bose babikore mu nyungu zabo n’iz’igih...
Imibare itangazwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ivuye mu Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire, ryakozwe mu 2022 yerekana ko abantu 862.929 ari abageze mu zabukuru, ni ukuvuga ko bagize 6,...
Perezida wa Senegal Macky Sall wari uri mu Rwanda kuri uyu wa Mbere yitabiriye inama mpuzamahanga yahuje abagore bahagarariye abandi, yahise akomereza muri Uganda. Amafoto yatangajwe na NBS yamwerekan...
Angeline Ndayishimiye yaje mu Rwanda kwitabira inama mpuzamahanga ihuza abagore aciye inzira y’ubutaka. Kuri uyu wa Mbere nibwo Taarifa yari yanditse ko umufasha wa Perezida w’Uburundi Angeline Ndayi...
Paul Kagame yaraye abwiye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’abagore ko n’ubwo hari byinshi byakozwe ngo uburinganire n’ubwuzuzanye bw’ibitsina byombi bugerweho, hari ibitarakorwa. P...
Angeline Ndayishimiye, umugore wa Perezida w’u Burundi, araza mu Rwanda kwitabira inama mpuzamahanga y’abagore yiswe Women Deliver 2023 Conference. Nubwo ataje mu Rwanda nk’umuntu woherejwe mu butumwa...
I Kigali hagiye kubera Inama Mpuzamahanga Y’iterambere ry’Umugore yiswe Women Deliver 2023 Conference izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 17, Nyakanga, 2023. Abagore baturutse imihanda yose bageze i K...
Ubuyobozi bw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ryasabye abayoboke baryo n’Abarundi muri rusange ko bagomba kwitegura kuza kwakirana ubwuzu Madamu Angeline Ndayishimiye Umufasha wa Perezida w’Uburun...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga yaraye abwiye itsinda ry’abasore n’inkumi b’Abanyarwanda ariko baba mu mahanga ko umubare w’ab’igitsina gore binjizwa mu ngabo uzongerwa. Intego ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe abaturage, UNFPA, ryahembye Madamu Angeline Ndayishimiye, Umufasha wa Perezida w’Uburundi kubera ibikorwa byiza yakoreye Abarundikazi birimo no gushinga ikigo...









