Mu gihe isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro buri taliki 15, Ukwakira, buri mwaka, kuri iyi nshuro Umuryango w’Abibumbye warangaje ko bikigoye ko umugore agira ubwisanzure ku ...
APR Volleyball Club na Police Volleyball Club zihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Volleyball rya Nyerere Cup 2023, aya makipe yombi yaraye abonye itike ya ¼ na ho APR WVC na RRA WVC zibona itike ya...
Vladmir Putin avuga ko iyo abagabo basanze kumvana imbaraga ari cyo cyakemura ibibazo bafitanye, abantu bajye babareka barwane. Icyakora ngo intambara y’abagabo hagati yabo bafite ibyo bapfa ntikajye ...
Umuryango InterPeace ku bufatanye na RWAMREC batangaje imfashanyigisho igenewe abagabo n’abasore kugira ngo bamenye uko imyifatire ikwiye mu mibanire yabo n’abakobwa cyangwa abagore igerwaho. Ni igita...
Régine utuye mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana avuga ko ubwo yajyaga kwaka inguzanyo muri COPEDU bamubwiye ko atayihabwa kubera ko abayihabwa ari abantu bakora business ‘mu buryo buhoraho.’...
Kuba Amavubi y’abagore yaraye atsinzwe n’abagore bo muri Ghana nta gitangaza kirimo. Impamvu bidatangaje ni uko iriya kipe ya Ghana isanzwe ari mu za mbere zihagaze neza mu makipe y’abagore bakina umu...
Mu mukwabu uherutse kubera mu Mudugudu wa Bisambu, Akagari ka Nyarurama mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro hafatiwe abagore babiri bari bafite mazutu ingana na litiro 1000 bivugwa ko bacuruza...
Umuyobozi wungirije w’Inama y’Ubucuruzi mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba( East African Business Council, EABC) Denis Karera asaba urubyiruko rw’u Rwanda gutekereza imishinga mizima yo guterwa ink...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabwiye Abakirisitu bo muri Women Foundation Ministries/Noble Family Church bitabiriye amateraniro ‘Wirira Fellowship’ ko k...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, OMS, rivuga ko abagabo bafie inshingano zo kwibutsa abagore babo konsa kuko ari ingenzi ku bana no ku gihugu cy’ejo hazaza. Amashereka n...









