Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss yavuze ko igihugu cye gishima ko Komisiyo ya UN ku byaha byakorewe mu bitero Hamas yateye muri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023, yakoreyemo ibyaha birimo no ...
Imibare ivuga ko mu Rwanda hose abahinga ikawa ari abantu 400,000, muri bo abagore ni 128,000 bakaba bangana na 32%. Ibigo 117 ni byo byohereza ikawa hanze, muri byo ibiyoborwa n’abagore ni 28 bingan...
Mu ijambo yagejeje ku biganjemo abagore bari bateraniye muri BK Arena, Perezida Kagame yavuze ko burya umugore arera abana ariko akarera n’abagabo. Ni mu ijambo ryo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahar...
Muri BK Arena hagiye kubera iyizihizwa ry’umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore. Ni ho bibera ku rwego rw’igihugu. Madamu Jeannette Kagame niwe mushyitsi mukuru mu izihizwa ry’uyu munsi ngarukamwaka. A...
Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’igorora Superintendent of Prisons (SP) Daniel Kabanguka Rafiki avuga ko ibiganiro bihabwa abafungiwe guhamwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ari byo bituma bam...
Imibare yaraye itangiwe mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda igamije kuzamura umubare w’abagore bakora mu rwego rw’ingufu( energy) igaragaza ko muri Afurika abagore barukoramo bari hagati ya 9% n...
Saa kumi n’ebyiri n’igice mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 7, Gashyantare, 2024 abagore babiri bari bagiye kurangura imboga ahitwa Gishoma bavuye i Nyakarenzo( hombi ni muri Rusizi) bakoze imp...
Inzobere mu kuvura indwara z’abagore Dr. Subira Manzi uvura mu bitaro byitiriwe Umwami Faïsal yahaye abanyamuryango ba Unity Club ikiganiro ku buryo bwo kwita ku buzima mu gihe cyo gucura ibi bizwi nk...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na UNICEF batangiye guha ababyeyi batwite inyunganiramirire ikomatanyije. Hazabaho na gahunda y’uko abo babyeyi bazajya bamenyekanisha imirongo ngenderwaho ku mir...
Bikubiye mu masezerano ubuyobozi bw’iyi Banki bwaraye basinyanye na Ambasade ya Suwede mu Rwanda, akaba akubiyemo ubufatanye mu kubakira ubushobozi ibigo by’imari bito n’ibiciriritse ku kigero cya 70%...









