Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagize Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije ku wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024 batangaje ko ibarura ry’ubutaka bw’u Rwanda ryagar...
Valérie Mukabayire abinyujije mu kigo Progetto Rwanda ahagarariye mu Rwanda avuga ko iyo abakoraga uburaya cyangwa bacuruza agataro bahawe imibereho, izo ngeso mbi bazireka. Uyu mubyeyi yamaze igihe k...
Visi Perezida wa Guinée Equatoriale Teodoro Obiang Nguema Mangue yanditse ku rubuga X ko bagiye guhagarika abayobozi bose bagaragaye bakorera imibonano mpuzabitsina mu Biro bya Minisitiri. Hari amas...
Abagore baturutse mu bihugu by’Afurika bari mu Rwanda mu nama y’iminsi ibiri n’igice biga ibikibangamiye abakobwa mu kwiga Sciences muri Kaminuza. Bavuga ko bitumvikana ukuntu abagore n’abakobwa biga ...
Abaganga bavuga ko cancer y’ibere ari ikibazo gikomereye Abanyarwandakazi, bagasabwa kwisuzimisha igihe cyose bumvise ko mu ibere harimo akabyimba ariko kataryana. Ako kabyimba wakwita ‘akabuye&...
Itangazo ry’ingabo z’u Rwanda ryasohotse muri iri joro riramagana ibirego biherutse gusohoka muri Le Monde no muri The New Humanitarian byanditswe n’umunyamakuru Barbara Debout by’uko hari abasi...
Mu Mirenge ya Jenda na Karago mu Karere ka Nyabihu haravugwa urusimbi ruri gukenesha ingo. Abagore nibo bavugwaho gufata amafaranga yo guhahisha bakajya kuyasheta akaribwa. Kubera urwego bimaze kugera...
Ku manota 72 ya APR Basketball Women Club yaraye itsinze REG Women Basketball Club ifite amanota 59, bituma itwara igikombe cya Basketball mu Rwanda kitwa Rwanda Cup 2024. Muri BK Areba niho umukino w...
Mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga haravugwa icyemezo kidasanzwe cyafatiwe abagore batinda mu tubari cy’uko batagomba kurenza saa mbili z’ijoro baragera mu ngo zabo. Ni ibyemerejwe mu Mudugudu...
Inteko ishinga amategeko ya Madagascar yemeje ko umugabo uzajya uhamwa n’icyaha cyo gusambanya umwana azajya akonwa. Gukona ni ukubaga udusabo tw’intanga ngabo ku buryo umuntu atazongera kugira ubusha...









