Ni ibyemezwa n’ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’abagore. Buvuga ko bimwe mu byugarije abagore bo muri Afurika muri iki gihe ari ingaruka z’imihagurikire y’ikirere. Yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakur...
Umuyobozi w’Umuryango Women Foundation Ministries Pastor Mignone Kabera avuga ko burya umugore uguwe neza agaba amahoro. Niyo mpamvu avuga ko abagore bazitabira igiterane kizabera muri Kigali Convent...
Dr Emmanuel Ugirashebuja usanzwe ari Minisitiri w’ubutabera mu Rwanda avuga ko kugira ngo abatuye igihugu runaka babeho batekanye kandi bafite amajyambere, imwe mu nkingi ikomeye ituma bishoboka ari i...
Nk’uko bimeze henshi mu mirimo ikorerwa mu Rwanda, abagore baracyari bake. Muri Polisi y’u Rwanda naho ni uko. Icyakora imibare yerekana ko umubare wabo uri kuzamuka kuko mu mwaka wa 2000 abagor...
Abagore bibumbiye mu Muryango utari uwa Leta ugamije uburenganzira n’iterambere ry’Abanyarwandakazi Rwanda Women’s Network bagiranye inama n’umukozi wa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umury...
Ni ibyemejwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryangano mpuzamahanga ugamije guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho witwa Digital Cooperation Organisation, Deemah Alyhay. Yabivuze nyuma yo gusinyana ama...
Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka yifitiye icyi...
Umwe mu banyamakuru wari uri mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyateguwe n’Ihuriro ry’abanyamakuru b’abagore n’abandi bafatanyabikorwa yabajije uwari uhagaririye Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha impa...
Mary Balikungeri uyobora Rwanda Women’s Network yabwiye abagore bahagarariye abandi bari bitabiriye Inama yaguye yigaga uko barushaho gukorana hagamijwe iterambere ry’umugore mu nzego zose, ko ari ngo...
Mu Karere ka Bugesera mu ntangiriro z’Icyumweru gitaha ni ukuvuga taliki 19, Mata, 2022 hazateranira Inama yaguye y’abagore bakora mu nzego zitandukanye zifatirwamo ibyemezo. Muri iriya nama hazatang...









