Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruherutse gutangaza ko hagati y’umwaka wa 2020 n’umwaka wa 2022 mu Banyarwanda 150 bacurujwe, abenshi ari abagore. Mu mwaka wa 2020 uru rwego rwakiriye ibirego 33 by’a...
Abo bagore basanzwe batuye ahitwa Minembwe basabye umugore wa Perezida wa DRC witwa Denise Nyakeru kubakiza intambara ikomeje guhitana ubuzima bw’ababo kandi zikabapfakaza. Taliki 6, Mutarama, 2023, n...
Umukuru w’u Rwanda yaraye ageze i Niamey muri Niger kwitabira Inama idasanzwe y’Afurika yunze ubumwe yiga ku iterambere ry’inganda n’ubukungu bwagutse kuri uyu mugabane. Iyi nama izakirwa kandi iyobor...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge avuga ko iyo umugore afite amafaranga, akagira icyo azana mu rugo birugirira akamaro. Ngo bituma abarugize bagira imibereho...
Mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero hari abagore bavugwaho gukubita abagabo babo. Umwe mu bagore bo muri aka gace avuga ko bagenzi be bakora biriya ari abataha mu gicuku basinze, bagakoman...
Mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa rihageze ku isi muri iki gihe, hatangarijwe raporo isobanura uko iki kibazo kifashe muri Afurika. Kimwe mu bika byayo kivug...
Umukuru w’u Rwanda yabwiye abagize Ihuriro ry’Inteko zishinga amategeko bari mu nama ibahurije i Kigali ko burya ubuzima bwa muntu hafi ya bwose bushingiye ku mibereho n’uruhare rw’umugore mu bimubaho...
Nta kintu gikura umutima abagore iyo bumvise isasu rivuze kurusha gufatwa ku ngufu bagasambanywa. Kuri benshi, ibi birutwa no gupfa umuntu akavaho! Hari bamwe bashobora kumva ko gupfa ari ikintu kindi...
Mu Karere ka Gisagara hari abagabo batangiye kugana inzu z’ubujyanama mu by’umubano n’iby’ubuzima bwo mu mutwe ngo bagirwe inama z’uko bakwitwara ku bagore babo babajujubije. Mu rwego rwo kubafasha, u...
Nelson Mandela yigeze kuvuga ko kugira ngo Afurika y’Epfo n’ahandi hose ku isi bagire ubwigenge n’amahoro birambye ari ngombwa ko umugore abaho nta kimutsikamiye ngo kimubuze gutekerereza urugo rwe ne...









