Haba ikipe y’igihugu y’abagabo ya Basketball haba n’iy’abagore yombi yasezerewe mu marushanwa nyafurika ya Basketball yari yaritabiriye, ataha amara masa. Ikipe y’abagabo yari ihagarariye u Rwanda mu ...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, asanga kugira ngo ibibazo biri mu ngo bikemuke, ari ngombwa ko abawugize birinda kwitana bamwana. Kuri we, kwitana bamwana bituma hataboneka igisub...
Ikipe y’u Rwanda y’abagore yatsinzwe n’iya Mozambique amanota 72-55 bituma irangiza imikino y’itsinda D ari iya nyuma! Yahise itegereza ibizava mu itsinda C kugira ngo irebe niba hari imwe mu makipe a...
Mu Misiri aho imaze iminsi, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball y’Aabagore ikomeje imyitozo yo kwitegura imikino y’igikombe cy’Afurika kizabera muri Côte d’Ivoire. Kizaba guhera tariki 25 Nyakang...
Amakipe y’u Rwanda akina umukino witwa Sitting Volleyball mu bagabo n’abagore yatsindiye kuzakina Shampiyona y’isi izabera mu Bushinwa mu mwaka wa 2026. Iyo ntsinzi yabonetse nyuma kwitwara neza muri ...
Abatabazi bo muri Ireland baherutse kuvumbura icyobo kirimo imibiri ishobora kurenga 800 y’abana bakijugunywemo. Bayisanze ahahoze ikigo cy’Ababikira cyabagamo n’abagore bagize ibyago byo kudashaka. C...
Amikoro make niyo yabujije ikipe y’igihugu y’abagore kwitabira irushanwa amakipe y’abagore y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba n’iyo Hagati azabera muri Tanzania. Ni irushanwa ryitwa ‘CECAFA ...
Umwaka wa 2024 wabereye abagabo mubi kuko wabahitanye kurusha abagore kandi abenshi bazira indwara zitandura(47.7%) mu gihe abahitanwa n’indwara zandura ari 42.9%. 9.4% rigizwe n’abicwa n’izindi mpamv...
Colonel Raoul Bazatoha uhagarariye inyungu za gisirikare z’u Rwanda muri Ambasade yarwo i Washington yaraye yitabiriye igikorwa cyo guha impamyabumenyi abasirikare bane b’Abanyarwandakazi barangije am...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kigarama k’ubufatanye n’umuryango witwa Upendo Wa Mungu[Urukundo rw’Imana], bwamurikiye ababyeyi babiri barokotse Jenoside inzu basaniwe, undi umwe ahabwa iyuzuye. Byakozwe mu...









