Indege yitwa Flight AI171 yari ihagarutse mu Buhinde yerekeje mu Bwongereza yahiye igihaguruka. Yari irimo abantu 242. Muri bo 169 bari Abahinde, abandi 53 ari Abongereza nk’uko BBC ibyemeza. Harimo k...
Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika. Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu. Ari: ”...
Ubuyobozi mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko bugiye gushyiraho uburyo buboneye bwo gufasha abatega imodoka mu buryo bwa rusange kuzitega hakurikijwe amasaha azwi kandi adahindagurika. Ni uburyo buzafash...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR, ku byerekeye uko abantu batega indege mu ngendo zikorerwa imbere mu gihugu yerekana ko mu mwaka wa 2020, abantu 5.922 ari bo bakoreye ...
Abakora iperereza basanze ibisubizo by’ibanze bigaragaza ko indege yo mu bwoko bwa Boeing iherutse gukora impanuka igahitana abantu 179 nta kibazo yari ifite mbere yo kuguruka. Mu minsi mike ish...
RURA yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki 04, Ukuboza, 2024 mu Mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo umugenzi azajya yishyura urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hak...
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko rwatengushywe n’ikoranabuhanga rwarimo rutegura mu gufasha abagenzi kwishyura ingendo bishingiye ku ntera bakoze. Mu kiganiro Waramutse Rwanda cyo kuri R...
Guverinoma y’u Rwanda yaguze bisi nini 200 zo kunganira izisanzwe zitwara abagenzi bo mu Mujyi wa Kigali. Amabwiriza yahise atangazwa na Minisiteri y’ibikorwaremezo avuga ko imodoka za pick ups zari z...
Guverinoma y’u Rwanda iri gukora uko ishoboye ngo ice ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi cyane cyane mu Mujyi wa Kigali. Iyi niyo mpamvu mu gihe gito kiri imbere abawugendamo bazajya bagende...
Mu gihe Polisi y’u Rwanda ikangurira abanyamaguru kumenya uko bambuka neza umuhanda baciye ahabugenewe bita zebra crossing, ku rundi ruhande hari abashoferi bavuga ko hari izasibamye k’uburyo kuzibona...









