Habumugisha Fiston na Muhawenayo Jeannette basagariwe n’abagizi ba nabi babateze bakabakubita. Byabayeho kuwa Gatatu mu masaha y’umugoroba buri bucye kuwa Kane Tariki 11, Nzeri, 2025 bakajya gusezeran...
Bamwe mu barwariye mu bitaro bya Remera-Rukoma ni abarembejwe n’ibiribwa cyangwa ibinyobwa bafatiye mu rugo rw’abageni bari baje gusurwa n’ababyeyi babo. Imibare itangwa n’inzego zitandukanye ivuga ko...
Nyuma y’uko Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge agejeje ku Nteko rusange y’Abadepite ibisobanuro mu magambo by’ibibazo biri mu miryango, Depite Léonald Ndagiji...
Umukwe n’umugeni bafatiwe mu Murenge wa Kimirongo mu Mujyi wa Kigali barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, barazwa muri stade mu gihe hari bagenzi babo baguwe gitumo na Polisi bakiruka bakayicika...



