Imibare itangwa na Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda ivuga ko mu myaka 40 ishize, abaganga b’Abashinwa 270 bavuye Abanyarwanda babarirwa mu bihumbi byinshi. Abo baganga baje mu Rwanda mu matsinda 22 yat...
Umuyobozi mu bitaro bya Faysal ushinzwe abakozi witwa Dr Augustin Sendegeya yavuze ko imibare ibereka ko abagana ibi bitaro baje kwivuza impyiko kandi bigaragara ko zangiritse cyane baba bafite hagati...
Abanyeshuri biga muri Lycée de Kigali (LDK) babwiwe uko inkongi itangira, uko bayizimya ndetse n’uko umuntu yayirinda hakiri kare. Ni amasomo y’igihe yatanzwe n’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ...
Mu masaha y’umugoroba Ku Cyumweru taliki 23, Mutarama, 2022 hasohotse itangazo ryasinyweho n’ubuyobozi bw’Ihuriro nyarwanda ry’abaganga bigenga rivuga ko abarwayi bari basanganywe ubushingizi bafatiy...
Ni ubwa mbere mu mateka y’ubuganga umurwayi ahawe umutima w’ingurube wahinduwe uturemangingo kugira ngo uhuzwe n’utw’umuntu. Ni umugabo wo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika witwa David Bennett ufite im...
Biteganyijwe ko abaganga babiri bafite urwego rwa Dogiteri bazitaba urukiko mu rubanza ubushinjacyaha rubaregamo kugira uruhare mu rupfu rw’abantu babiri barimo umugore waguye ku iseta ari agiye kubya...
Itsinda ry’abaganga baturutse muri Maroc, Espagne n’u Burusiya bahuriye na bagenzi babo b’Abanyarwanda mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, mu gikorwa kizabasigira ubumenyi ku buryo bugezweh...
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwategetse ibitaro bibiri bikomeye mu Rwanda guteranya amafaranga bigaha umugore miliyoni zirenga 100 Frw kuko byagize uruhare mu kumuca ibere byibeshye ko rifite cancer....
Mu ijoro ryo ku wa 06, rishyira uwa 07, Ukuboza, 2020 mu bitaro bya Masaka biherereye mu kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro abaganga babiri bashyamiranye umwe akubita undi aramukomerets...








