Abaganga bavuga ko cancer y’ibere ari ikibazo gikomereye Abanyarwandakazi, bagasabwa kwisuzimisha igihe cyose bumvise ko mu ibere harimo akabyimba ariko kataryana. Ako kabyimba wakwita ‘akabuye&...
Minisiteri y’ubuzima ikunze kubwira abaturage ko kimwe mu byugarije ubuzima bw’abatuye imijyi y’u Rwanda ari uko badakora imyitozo ihagije bigatuma ibyago by’uko barwara indwara zitandura byiyongera. ...
Mu bihe no mu buryo butandukanye, Minisiteri y’ubuzima ikunze gusaba Abanyarwanda kureka itabi kuko ryica ubuzima mu buryo bwinshi. Ububi bw’itabi ntibugarukira mu gutera abantu kanseri n’uburemba, ah...
Yolande Makolo yanyomoje ibyatangajwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko RDF ifatanyije na M23 aribo baraye barashe i Goma ibisasu byahitanye benshi barimo n’impunzi z’ahitwa Mugunga. Kuri uyu ...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko mu mezi atatu ari imbere mu Rwanda hazagera itsinda ry’abaganga bo muri Cuba bazaza guhugura bagenzi babo mu mivurire igezweho. Biri muri gahunda Leta y’u Rwanda ifatanyi...
Kubera ko amenyo y’umuntu ari urugingo rw’ingenzi mu gutuma igogora rishoboka, abahanga mu ndwara ziyafata basaba ababyeyi gutoza abana kuyoza kuva agitangira kumera. Icyakora bivugwa ko umwana ufite ...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko nta bimenyetso simusiga bibigaragaza ishingiro ry’ibirego byashinjwaga abaganga babiri ba Baho International Hospital by’uburangare bwaganishije ku rupfu rwa...
Abatuye mu mijyi bakunze kuvuga ko imibereho yabo itabemerera mu buryo bworoshye kubona umwanya wo gukora siporo. Uko byagenda kose ariko, umuntu yihaye gahunda yo gukora siporo mu minota itanu ntibya...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bigo by’ubuvuzi hazakomeza gukurikizwa amasaha asanzwe mu gihe abandi bakozi bo bazajya batangira saa tatu za mu gitondo. Kuri Twitter Minisiteri y’ubuzima yahandi...
Abaganga bahagarariye abandi bapfukamye imbere ya Perezida wa Uganda bamusaba ko yabababarira akaziyamamariza manda ya karindwi. Ni bamwe mu bagize Inama y’igihugu ry’abaganga ba Uganda yitwa Uganda M...









