Mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero hari abagore bavugwaho gukubita abagabo babo. Umwe mu bagore bo muri aka gace avuga ko bagenzi be bakora biriya ari abataha mu gicuku basinze, bagakoman...
Mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa rihageze ku isi muri iki gihe, hatangarijwe raporo isobanura uko iki kibazo kifashe muri Afurika. Kimwe mu bika byayo kivug...
Buri taliki 15, Ukwakira, 2022 ni umunsi isizirikana imibereho y’umugore wo cyaro. Mu cyaro hasobanurwa nk’ahantu hataragezwa ibikorwa remezo bitanga amahirwe y’ishoramari. Abahatuye ahanini baba batu...
Mu Karere ka Gisagara hari abagabo batangiye kugana inzu z’ubujyanama mu by’umubano n’iby’ubuzima bwo mu mutwe ngo bagirwe inama z’uko bakwitwara ku bagore babo babajujubije. Mu rwego rwo kubafasha, u...
Ni ibyemezwa n’ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’abagore. Buvuga ko bimwe mu byugarije abagore bo muri Afurika muri iki gihe ari ingaruka z’imihagurikire y’ikirere. Yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakur...
Abagore bibumbiye mu Muryango utari uwa Leta ugamije uburenganzira n’iterambere ry’Abanyarwandakazi Rwanda Women’s Network bagiranye inama n’umukozi wa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umury...
Amakuru Taarifa ifite yemeza ko muri Kanama, 2021mu Rwanda hazaba ibarura rito ribanziriza ibarura nyirizina ry’abatuye u Rwanda riteganyijwe muri Kanama, 2022. Ibarura ry’abaturage riheruka ryerekany...
Abanyarwanda batatu baherutse gufatwa n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rubakurikiranyeho icyaha cyo gushinga umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo ndetse no kwihesha ikintu cy’undi hak...
Jean Bosco Rudasingwa wari uhagarariye Ihuriro ry’abagabo baharanira kumvikanisha akamaro k’ubwuzuzanye hagati y’umugore n’umugabo mu nama yahuje abagore bagize Pro Femmes Twese hamwe na MIGEPROF yavu...








