APR Volleyball Club na Police Volleyball Club zihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Volleyball rya Nyerere Cup 2023, aya makipe yombi yaraye abonye itike ya ¼ na ho APR WVC na RRA WVC zibona itike ya...
Vladmir Putin avuga ko iyo abagabo basanze kumvana imbaraga ari cyo cyakemura ibibazo bafitanye, abantu bajye babareka barwane. Icyakora ngo intambara y’abagabo hagati yabo bafite ibyo bapfa ntikajye ...
Umuryango InterPeace ku bufatanye na RWAMREC batangaje imfashanyigisho igenewe abagabo n’abasore kugira ngo bamenye uko imyifatire ikwiye mu mibanire yabo n’abakobwa cyangwa abagore igerwaho. Ni igita...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, OMS, rivuga ko abagabo bafie inshingano zo kwibutsa abagore babo konsa kuko ari ingenzi ku bana no ku gihugu cy’ejo hazaza. Amashereka n...
Umuvugabutumwa witwa Apostle Mignone Kabera uyobora Umuryango Women Foundation Ministries avuga ko Imana yaremye umugore kugira ngo abe icyuzuzo cy’umugabo kandi bose babikore mu nyungu zabo n’iz’igih...
Imibare itangazwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ivuye mu Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire, ryakozwe mu 2022 yerekana ko abantu 862.929 ari abageze mu zabukuru, ni ukuvuga ko bagize 6,...
Koperative ni urwego rushyirwaho n’abantu bagiriranye icyizere ariko bakagengwa n’itegeko kugira ngo umutungo bahurije hamwe uzabagirire akamaro mu buryo bw’imari cyangwa mu bundi buryo ntawe uhutaye....
Hari abagabo mu Karere ka Rulindo bavuga ko barembejwe n’inkoni bakubitwa n’abagore babo, bagasaba ubutabera. Abo bagabo bavuga ko bibabaje kuba umugabo akubitwa n’umugore we kandi aba yaramushatse ng...
Mu Mujyi wa Kigali kuri iki Cyumweru Taliki ya 29 Mutarama, 2023 habereye isiganwa ku magare mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari wizihizwa buri taliki 01, Gashyantare. Ku ruhande rw’abagabo, Tuyi...
Mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’umugabo witwa Jean Damascène Dukundane watemye mugenzi we witwa Kanani nyuma yo gusanga amusambanyiriza umugore. Si Kanani gusa watemwe ahubw...









