Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku bagore, UN WOMEN, batangije amahugurwa agenewe abaforomo kugira ngo b...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko mu mezi atatu ari imbere mu Rwanda hazagera itsinda ry’abaganga bo muri Cuba bazaza guhugura bagenzi babo mu mivurire igezweho. Biri muri gahunda Leta y’u Rwanda ifatanyi...
Mu myaka itanu iri imbere Minisiteri y’ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo barimo ikigo MSH bazaba bararangije guhugura ababyaza n’abaforomo 4,000 bazafasha mu kugabanya icyuho cy’aba bantu bakora mu rw...
Mu rwego rwo gutuma urwego rw’ubuzima mu Rwanda rutera imbere kandi bikagirira akamaro Abanyarwanda muri rusange, Minisiteri y’ubuzima ivuga ko igiye kongera umubare w’abaforomo, ababyaza n’abajyanama...
Abaturage bo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge baraye batashye ikigo nderabuzima gishya bubakiwe ku bufatanye bw’uyu Murenge n’ikigo kitwa Trinity Center for World Mission gikora imirimo y’...




