Mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu hafi y’umupaka w’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo hari Koperative y’abafite ubumuga ivuga ko muri iki gihe ubucuruzi bakoreraga i Goma busigaye b...
Ubuyobozi bw’uruganda Masaka Farms bukorera mu cyanya cy’inganda cya Masoro bushimirwa ko mu nzego zose z’imirimo irukorerwamo uhasanga abafite ubumuga. Ubumuga ni imiterere ya rumwe mu ngingo z’umubi...
Umuyobozi mu ihuriro nyafurika ry’abafite ubumuga bwo mu mutwe umunya Namibia Charles Nyambe avuga ko ari ngombwa ko Leta zita ku bantu bafite ubumuga bwo mu mutwe ntibahezwe kuko abantu nk’abo baba b...
Andrzej Sebastian uyobora Pologne n’umugore we Agata Kornhauser–Duda baragera mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri baturutse muri Kenya. Kuri gahunda yabo barazasura n’ikigo kita ku bana bafite ubumuga kiba ...
François Xavier Karangwa ni umugabo ufite ubumuga ukorera mu Karere ka Kicukiro mu Kagari ka Kabeza. Kuba afite ubumuga bw’ingingo ntibyamubujije kubaka urugo rwe, akagirira n’igihugu akamaro binyuze ...
Ikigo Mpinduramyumvire Ku Bafite Ubumuga, Ubwenge Buruta Ubwiza…Ikiganiro N’uharanira Kuba Miss 2022
Sandrine Byiringiro ni umwe mu bakobwa baharanira kuzaba Nyampinga w’u Rwanda 2022. Yahaye ikiganiro itangazamakuru avuga ko natorwa azashinga ikigo gifite muri gahunda zacyo gukangurira abafite ubumu...





