Nyuma yo guhabwa umudali umushimira uruhare yagize mu gutegura no gutuma isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi ribera mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yabwiye abariteguye ko bahawe ikaze mu gihugu igihe ...
Umukino wahuje amakipe akomeye muri Guinea Conakry warangiye nabi nyuma y’uko abafana batemeranyije n’umwanzuro w’umusifuzi bakarwana muri bo hagapfa abantu 56. Ibi byago byabereye m...
Umunyarwand uririmbira Imana witwa Israel Mbonyicyambu amaze iminsi ibiri muri Uganda ashimisha abafana be. Yararabaririmbiye asiga bamwishimiye kurushaho. Igitaramo cye cyatangiye taliki 23 kirangira...
Bamwe ni ab’i Kigali, abandi no abo mu nkengero ndetse hari n’abaturutse i Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba…bose bari baje kureba stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa, kuva icyo gihe ikaba ar...
Kubera ko imwe mu nshingano zayo ari ugutsimbataza umudendezo rusange, Polisi irasaba abafana b’amakipe yo mu Rwanda kugarura umuco wo kwihanganirana, ntibarwane cyangwa ngo babwirane amagambo agize i...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeje ko Kiyovu SC ihanishwa kuzakina umukino utaha idafite abafana nk’igihano cyo kuba mu mukino wayihuje na Gasogi Utd bamwe mu bafana bayo ...
Umuririmbyi uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi ukomoka muri Amerika witwa Britney Jean Spears yasabye abafana be kumubabarira bakamuha agahenge kubera ko hari n’abarengera bakamwoherereza ubutumw...
Rayon Sports kuri wa Kane taliki 11 Kanama 2022 yamuritse ikarita y’umwaka wose ndetse n’amakarita azahabwa abanyamuryango bayo. Harimo iyiswe ‘Gold’, ifite agaciro ka Miliyoni Frw 1. Ni ikarita iz...
Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda batangiye guhanga indirimbo nyuma ya Jenoside wamamaye kurenza abandi witwa The Ben( amazina ye ni Mugisha Benjamin) yatangaje ko azaza gutaramira Abanyarwanda mu ntangi...
Abafana ba Rihanna banenze umugabo we witwa A$AP Rocky kuko ngo yamuciye inyuma muri ibi bihe uyu muririmbyi atwite inda y’imvutsi. Icyakora yaba Rihanna yaba na A$AP ntawe uragira icyo abivugaho. Aba...








