Ni ibyagarutsweho n’abagize Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba bateraniye i Kigali mu nama izamara iminsi itatu. Basabye za Guverinoma kongerera ubuhinzi ingengo y’imari k...
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Eda Mukabagwiza ashima uko Umujyi wa Kigali ‘wihatira’ gukemura ibibazo bibangamiye imibereho y’abawutuye. Hon Mukabagwiza yabivuze nyuma ...
Mu Murenge wa Mushikiri hari abaturage batakambiye Abadepite babasuye ko nta huzamurongo( network) rya telefoni rifatika bagira. Ibi bikoma mu nkokora guhanahana amakuru, rimwe na rimwe bikabangamira ...
Ishyaka ryari risanzwe ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Israel riyobowe na Benyamini Netanyahu ryatsinze amatora y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko y’iki gihugu. Bivuze ko Netanyahu ari we ugiye ko...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye abayobozi bakomeye barimo igikomangoma cya Denmark witwa Princess Ingeborg zu Schleswig-Holstein, Marc Funk akaba umuyobozi mukuru wa Recipharm ndetse n’Umuyobozi...
Ghana ni kimwe mu bihugu by’Afurika bimaze igihe bifite ubuyobozi buhamye kandi buteza imbere abaturage kurusha henshi muri Afurika. Ituwe n’abaturage barengaho gato Miliyoni 31 kandi ifite amabuye y...
Muri Raporo ya Transparency International-Rwanda yaraye itangajwe handitsemo ko mu nzego zakorewemo ubushakashatsi mu rwego rwo kureba uko ruswa y’igitsina n’ihohoterwa rishingiyeho ihagaze, mu Nteko...
Guhera Taliki 05, Nzeri, 2022 abayobozi bakuru b’ibigo bya Leta byagaragaweho gusesagura cyangwa gucunga nabi umutungo wa Leta mu buryo butandukanye, bazatangira kwitaba Komisiyo ishinzwe imikoreshere...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Nyakanga, 2022 Perezida Paul Kagame mu Biro bye yakiriye Abakuru b’Inteko z’Ibihugu bikoresha Igifaransa bamaze iminsi mu Rwanda mu Nama yabahuje. Ni Inteko ya 47 y’Um...
Imibare yaraye itangajwe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi muri Guverinoma y’u Rwanda yerekana ko mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023, amafaranga angana Miliyari Frw 906.9 ni ukuvuga 19.5% ari ...









