Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Biruta Vincent yabwiye Abadepite n’izindi nzego by’umwihariko izishinzwe ingengo y’imari ko kimwe mu bibazo Minisiteri ayoboye ifite kandi bikeneye ingengo y’imar...
Nyuma y’uko Emmanuel Macron avuze ko u Burayi bugomba kwirinda kwivanga mu bibazo bireba Amerika n’u Bushinwa, bamwe mu bantu bashyigikiye ko Taiwan yigenga bavuze ko Macron yahubutse, avuga amagambo ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abwiye abagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko muri rusange ubuhinzi n’ubworozi bihagaze neza mu Rwanda. Ingano y’umusaruro w’ibikomoka ku buhinz...
Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basabye Minisiteri y’uburezi gusuzuma ikibazo cy’imiyoborere mibi muri bimwe mu bigo by’am...
Inteko ishinga amategeko mu Rwanda yanzuye ko Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu na mugenzi we ushinzwe ubucuruzi n’inganda bazayitaba bakayisobanurira mu magambo uko ubuziranenge bw’inyama zigurwa n’...
Minisitiri w’umutekano wa Uganda witwa Gen Jim Muhwezi yabwiye Inteko ishinga amategeko ko Minisiteri ayoboye yatanze umushinga w’ingengo y’imari ingana na Miliyari Shs 21.9 yo kugura imodoka nshya zi...
Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu mu Mutwe w’Abadepite kuri uyu wa Gatatu Taliki 11, Mutarama, 2023 yatangiye gusuzuma umushinga w’Itegeko rihindura itegeko no 026/2019 ryo kuwa 18/09/...
Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, Hon Donatille Mukabalisa avuga ko u Rwanda rushima uko umubano warwo n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uhagaze muri iki gihe. Ni nyum...
Abanyarwanda icyenda bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) hamwe na bagenzi babo bo mu bindi bihugu barahiriye Ni inteko ishinga amategeko irim...
Abari bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba muri manda icyuye igihe, bishimira uruhare bagize mu mikorere yayo, k’ubufatanye na bagenzi babo. Umwe ...









