Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko taliki 14(ku Banyarwanda baba hanze yarwo) na taliki 15, Nyakanga, 2024 ( ku Banyarwanda baba mu Rwanda) ari bwo hazaba amatora ya Perezida wa Repubulika akom...
Si M23 gusa iri gushyira igitutu ku butegetsi bwa Felix Tshisekedi ikoresheje imbunda, ahubwo hari n’igitutu cya ba Guverineri n’Abadepite basaba guhembwa ibirarane by’umushara by’amezi atandatu. Ni i...
Depite Gloriose Uwanyirigira hamwe na bagenzi be bagize Komite mu Nteko ishinga amategeko ishinzwe kugenzura uko umutungo wa Leta ukoreshwa bavuga ko bibabaje kuba Leta ikodesha inzu ikoreramo kandi h...
Abagize PAC baherutse kubwira RURA ko bidakwiye na gato ko ica amande umuntu wasanze umugenzi ku muhanda akamuha lift. Iby’ayo mande byagaragajwe muri raporo Umugenzuzi w’imari ya Leta yahaye Abadepit...
Ubuyobozi bwa RSSB bwabajijwe n’Abadepite ba PAC impamvu mu mibare yabwo y’ibanze yerekanaga ko buzubaka inzu zigezweho zigize Batsinda II kuri miliyari Frw 15.5, ariko umugenzuzi w’imari ya Leta aga...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Hakizimana Claver wari umukozi ushinzwe amasoko mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Amakoperative, RCA, akurikiranyweho ibyaha bif...
Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru RBA kitabye Komisiyo y’Abadepite ishinzwe kugenzura umutungo wa Leta, PAC, kisobanura ku byo bagisanzemo birimo gusesagura umutungo wa Leta. Indi ngingo bagarutseho ...
Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda riherutse kuvugururwa rwamaze gutangazwa mu igazeti ya Leta. Imwe mu ngingo zigize iri tegeko ni ukuvuga iya 173 ivuga ko Abadepite bari mu myanya igihe iri T...
Umudepite uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Uburasirazuba yahagurutse avuga ko agiye kugitanga igitekerezo cye mu Giswayili. N...
Umushinga w’itegeko ryo kuvugura itegeko nshinga ry’u Rwanda wemerejwe ishingiro na Sena nyuma yo kuwugezwaho n’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, mu minsi mike yari itambutse. Abasenateri ...









