Jeanne d’Arc Nyiramahirwe usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete mu Karere ka Burera yaraye agejeje kuri Komisiyo y’igihugu y’amatora inyandiko zisaba kwemerwa kuziyamamaza nk’umugore uhaga...
Komisiyo y’igihugu y’Amatora yatangaje ko kugeza ubu umuntu umwe ari we wamaze kuyigezaho inyandiko zikubiyemo ukwiyamamaza kwe ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, uwo akaba ari Paul Kagam...
Umuyobozi muri CLADHO ushinzwe ibikorwa no kwita ku bana, Evariste Murwanashyaka avuga ko kuba Leta yarashyizeho gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri byatumye abenshi muri bo bakunda kwiga. Yabivuz...
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’umutungo wa Leta (PAC), babajije ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda impamvu itubaka inyubako izakorerwamo n’ishami rivura amatun...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku mikurire iboneye y’abana, NCDA, bwananiwe gusobanurira Abadepite bagize PAC impamvu hari ingo mbonezamikurire 90 zikora kandi ubwo bu...
Inteko ishinga amategeko ya Uganda yasohoye itangazo risaba Guverinoma y’Ubwongereza kutivanga mu mikorere yayo. Ibitangaje nyuma y’uko Ubwongereza buherutse gufatira ibihano abayobozi batatu bakuru m...
Donatille Mukabalisa uyobora Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ari i Paris mu Bufaransa mu Nama y’abagore bayobora Inteko zishinga amategeko. Iyi nama iraganirirwamo ingorane abagore bahura na zo n...
Komisiyo y’igihugu y’amatora, NEC, yatangaje uko gahunda y’Amatora ya Perezida wa Repubulika n’Amatora y’Abadepite akomatanyije izagenda. Bikubiye mu ngengabihe iyi Kominisiyo yasinywe n’Umuyobozi muk...
Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi Dr. Jean Chysostome Ngabitsinzi yabwiye Inteko ishinga amategeko ko hari inganda u Rwanda rushaka kwegurira abikorera ku giti cyabo. Iz’ibanze Ngabitsinze avuga ko ba...
Inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza iratorera Umushinga mushya w’Ubufatanye hagati y’u Rwanda n’ubu bwami ku byerekeye abimukira. Ibiri buve muri aya matora biraba bivuze ikintu kinini ku buyobozi ...









