Justin Trudeau wari ugiye kumara imyaka 10 ari Minisitiri w’Intebe Wa Canada yeguye. Yatangarije itangazamakuru ko yabanje mbere na mbere kwegura nk’umuyobozi w’ishyaka ry’aba ...
Mu mwaka wa 2025 hari ibihugu by’Afurika biteganyijwemo amatora y’Umukuru w’igihugu, ay’Abasenateri, Abadepite n’abandi. Ahateganyijwe ay’Abadepite ni mu Burundi, muri Seychelles, muri Comores naho m...
Ikipe ya Volleyball y’abagabo mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yegukanye igikombe cy’imikino ya EALA nyuma yo gutsinda iy’Inteko Nshingamategeko y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EALA) amas...
UDPS ni ryo shyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu myaka irenga itanu ishize. Icyakora ngo ubu ririmo amacakubiri akomeye. Ababirebera hafi bavuga ko intandaro y’uwo mwuka ...
Ukurikije uko Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abitangarije Imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ubona ko mu myaka 26 iri imbere ni ukuvuga mu mwaka wa 2050, Umunyarwanda...
Germain Musonera uherutse kuvugwaho gukora Jenoside ariko akiyoberanya kugeza naho yiyamamarije kuba Umudepite wa FPR Inkotanyi agiye kuburanira i Kiyumba mu Karere ka Muhanga. Amakuru dufite kugeza u...
Abarokokeye mu cyahoze ari Ndiza mu Karere ka Muhanga bashinja Germain Musonera uherutse kwiyamamaza ashaka kuba Umudepite kubahekura muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Bavuga ko Musonera yari afite imb...
Nk’uko byagenze ubwo Paul Kagame wari watanzwe n’Umuryango FPR –Inkotanyi ngo yiyamamaze ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yawutsindiraga, n’abakandida bawo batsinze ku bwinshi amatora yo kujya mu N...
Kuri iki Cyumweru mu Bufaransa baraye mu kaduruvayo katewe n’uko abashyigikiye Marine Le Pen w’ishyaka ry’abahezanguni Rassemblement National, baraye batakaje amatora mu Nteko ishinga amategeko, ntiba...
Nyuma yo gutora itegeko rigenga ibigo by’imari iciriritse byakira amafaranga abitswa n’ababyizeye, Abadepite barashaka ko imikorere y’ibimina ijya mu itegeko mu rwego rwo gukumira amakimbirane abigara...









