Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, MINICOM, Kajangwe Antoine avuga ko kugira ngo ibyanya byose by’inganda biri mu Rwanda bikore neza hagomba kuboneka Miliyoni $130 ni ukuvu...
Abagize Komisiyo mu Nteko y’u Rwanda ishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’umutungo wa Leta bashima ko hari imyanzuro myinshi Kaminuza y’u Rwanda yashyize mu bikorwa mu nama yari yarahawe ubwo yagenzurwaga ...
Ubwo yagezaga ikiganiro gikubiyemo igenamigambi ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026 n’uko izakoreshwa, Minisitiri Yussuf Murangwa yavuze kubaka umuhanga Kigali-Muhanga utagikozwe kuko hari ibitara...
Mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda hari impaka zikomeye ku mushinga w’Itegeko rigenga Serivisi z’ubuvuzi riteganya iby’uko umugore runaka yatwitira undi. Ibi bivuze ko umwana uvutse muri ubwo buryo...
Depite Mukabalisa Germaine uri muri Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda asanga bikwiye ko mu gihe izindi nzego zitera imbere, ...
Mu Nteko Ishinga Amategeko, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph Nsengimana yahavugiye ko ubuke bw’ibyumba by’amashuri bukibanamiye ireme ry’uburezi. Ni ikibazo gituma abanyeshuri biga basimburana mu byumb...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ifite gahunda yo kuvugurura ingengo y’imari y’u Rwanda ikiyongeraho Miliyari Frw 126.3 azakoreshwa mu mwaka wa 2024/2025. Yusuf Murangwa uyobora iyi Mini...
Angie Matsie Motshekga usanzwe ari Minisitiri w’ingabo za Afurika y’Epfo ari ku gitutu cyo kwegura nyuma y’uko Abadepite bamushinje uburangare bwatumye igihugu cye gipfusha abasirikare 14 baherutse kw...
Kamanzi Francis uyobora Ikigo gishinzwe mine, gazi na petelori, Rwanda Mining Board, yemeza ko mu kiyaga cya Kivu harimo amariba 13 ya Petelori ariko hakirebwa uko yacukurwa. Yabitekerereje Abadepite ...
Madeleine Nirere uyobora Urwego rw’Umuvunyi yabwiye Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore ko ibyo babonye kandi bashyize muri raporo yabo bigaragaza ...









