Abo mu Ishyaka ry’Abademukarate bo Nteko ishinga amategeko ya Amerika barenga 20 banditse ibaruwa barayisinya basaba Perezida Donald Trump kwemera ko Palestine iba igihugu kigenga byuzuye. Ikinyamakur...
Ubwo yatangazwaga ko ari we uzahagararira Abademukarate mu matora y’Umukuru w’igihugu benshi bamukomeye amashyi, gusa we azi neza ko muri bo harimo abahoze batamuha ayo mahirwe ndetse hakirimo n’abagi...
Barack Obama yaraye ahamagaye Kamala Harris amubwira ko we n’umuryango we biyemeje kuzamushyigikira mu kwiyamamariza kuyobora Amerika. Ni icyemezo cyari kitezwe na benshi mu bakurikirana politik...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira kuri uyu wa Mbere Joe Biden azatangaza ko yakuyemo kandidatire ye nk’Umudemukarate uziyamamariza kuyobora Amerika. Biden avuga ko...



