Abacuruzi bari basanzwe bajyana ibicuruzwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo barahiye ko batazabisubiza yo. Bavuga ko iyo bagezeyo abaturage ba DRC babita ibihwinini ngo ni ibiwerewere. Umwe mu b...
Ikigo cy’Igihugu cy’imisoro n’amahoro cyatanze italiki ntarengwa y’uko abantu bose batagicuruza kubera impamvu runaka, bagomba no kuba bahagaritse nomero batangiragaho umusoro zizwi ku izina rya TiN N...
Kubera ko gucuruza mu buryo ubwo ari bwo bwose bigendana n’ibibazo byo guhomba, ni ngombwa ko habaho ubwishingizi kugira ngo ibihe bibi bitazatuma umucuruzi asubira ku isuka. Icyakora hari abacuruzi b...
Mu rwego rwo kuzaha serivisi nziza abazitabira Inama ya CHOGM izatangira taliki 21, ikazageza taliki 26, Kamena, 2022 abakorera ku giti cyabo bavuga ko bashyizeho uburyo bwo kuzakora amasaha yose agiz...
Abanyarwanda bacururiza i Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bazindukiye ku nkecye y’abagaragambyaga babirukanye mu maduka yabo kugira ngo bayasahure. Hari amwe yasahuwe andi ntiyasahurwa kub...
Mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala, hari abacuruzi basanze batakomeza gufunga amaduka yabo ngo baririnda COVID, barayafungura kandi amabwiriza y’uyu mujyi atabyemera. Amabwiriza yo kwirinda ikwirakwir...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruburira abacuruzi kujya bashishoza bakirinda guhubukira abababwira ko babonye imari kandi iyo mari bita ko ishyushye ishobora kubahombya. Rubivuze nyuma yo gu...
Kubera ko ingamba zo kwirinda icyorezo COVID-19 muri iki gihe zisaba abacuruzi n’abandi gufunga serivisi saa kumi n’imwe z’umugoroba, abacuruzi by’umwihariko bagomba kuba maso kuko hari abiyitirira Po...
Polisi y’u Rwanda yaraye iburiye abacuruza ibikoresho byakoze(occasion) basabwe kujya bashishoza kuko hari ubwo bagura bakanagurisha ibikoresho byakozwe kandi ari ibyibano. Hari mu kiganiro nyunguran...








