Nyuma y’uko ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro gisanze hari umuceri upima toni zirenga 700 wavanywe muri Tanzania utujuje ubuziranenge, kigaca buri mucuruzi amande angana na $10,000, ubu bar...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro, RRA, cyahuye n’abacuruzi batumije umuceri muri Tanzania umwinshi upimwe basanga bwarapfuye. Hari hinjiye amakamyo 26, ariko atatu yonyine niyo yagaragaye ...
Hari abacuruzi babwiye itangazamakuru ko kubona amadolari bigoye. Iyo urikeneye byihuta cyane ugiye kuriguha ashobora kuguca andi madolari kugira ngo abone inyungu kandi ntuzuyaza kuyamuha kuko uba ub...
Abacuruzi n’abaguzi b’ibirayi hirya no hino mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ibiciro by’ibirayi ku isoko byagabanutse ugereranyije no mu bihe byahise. Basanga byatewe n’uko muri iki gihe ibirayi byeze mu ...
Mu Rwanda hari aharavugwa imbuga nkoranyambaga za WhatsApp zishishikariza bamwe kutisanisha n’abandi ngo kuko bafite ibyo batandukaniyeho. Ndetse hari abacuruzi bashinze amaduka agurirwamo na benewabo...
Ikawa ni igihingwa abahanga bemeranya ko gikomoka muri Brazil. Hari n’abavuga ko ari cyo kinyobwa kinyobwa n’abantu benshi nyuma y’amazi. Umuntu wese unywa ikawa azi uburyo itera akanyabugabo k’umuntu...
Mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana hari abacuruzi bavuga ko bagura n’abanyerondo ibikoresho cyangwa imyaka runaka ku giciro gito bibwira ko ari ibyabo nyamara ari ibyo bibye abaturage. Abo...
Mu rwego rwo gushakira ibisubizo ibibazo abanyenganda bagaragaje ku byerekeye umusoro ubaremereye, Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’ayo gifata ku musoro ku nyungu kinjije, ...
Mu karere ka Kirehe hari isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka itanu ryuzuye ariko ntirirema. Ni isoko riri ku Rusumo ku mupaka uhuza u Rwanda na Tanzania. Ni umwe mu mipaka ikoreshwa cyane haba k...
Hirya no hino mu Rwanda hari abacuruzi bishyuza Ikigo cy’imisoro n’amahoro umwenda wa Miliyari Frw 32. Ni umwenda ukomoka ku musoro wa TVA ufatirwa ku kiranguzo cyabo. Bisanzwe bimenyerewe ko baba ba...









