Mu Biro by’Umurenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu hamaze igihe hari imibiri 12 iri mu bubiko bw’uyu Murenge. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo witwa Faustin Nkurunziza yabwiye Taarifa ko iyo mibir...
Ubwo yifatanyaga n’abandi kwibuka ubutwari bwaranze abanyeshuri b’i Nyange( ni mu Karere ka Ngororero) banze kwitandukanya bashingiye ku moko bakabizira, Minisitiri w’urubyiruko Rosemary Mbabazi yavuz...
Inararibonye muri politiki y’u Rwanda Tito Rutaremara avuga ko hari amakosa yakozwe agatuma Ingabo z’u Rwanda mu ntambara nyinshi, zari zigamije gukumira abanzi bashakaga gusenya no kurangiza umugambi...
N’ubwo ingabo z’u Rwanda ziri gutsinda urugamba zihanganyemo n’abarwanyi ba Al Shabaab bari bamaze imyaka hafi ine barigaruriye Komini Eshanu zigize Intara ya Cabo Delgado, hari impungenge ko bariya b...



