Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Patrick Nduhungirehe yavuze ko hari amakuru yizewe y’uko hari abacanshuro Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakuye muri Colombia ngo baze bayif...
Ku mupaka w’u Rwanda na DRC hakiriwe abacanshuro bakabakaba 300 bacishijwe mu Rwanda mbere yo kurizwa indege basubizwa iwabo. Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo bari bageze i Ru...
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko guhera tariki 02, Mutarama, 2025 ingabo ze zizarasa abacanshuro b’Abazungu bakorera mu bice bya Repubulika Iharanira Demokarasi...
Uyu mugambi ni gahunda i Kinshasa batangiye gutegura mu mwaka wa 2023 kuko icyo gihe bashakaga guha ikiraka abacanshuro 2,500 bo muri Amerika y’Epfo , iyo bita Amerique Latine. Intego ni uko bagomba k...
Abazungu bivugwa ko ari Ababiligi n’ubwo nta kibyerekana, bagaragaye mu mashusho yashyizwe kuri X n’umwe mu banyamakuru bo muri DRC bari gutoza ingabo z’iki gihugu. Aya mashusho atangajwe nyuma y’uko ...
Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose. Abagize Sosiyete sivile mur...
Amashusho bivugwa ko yafashwe n’abarwanyi ba M23 yacishijwe kuri Twitter, arerekana intwaro yemeza ko zatawe n’abacanshuro bafasha FARDC ku rugamba. Mu mezi make ashize nibwo bamwe mu bacanshur...
Mu mpera z’Ukuboza, 2022 hari amashusho abantu bazindukiyeho y’imirambo y’abantu bari bambaye imyenda y’impuzankano y’ingabo za DRC. Umwe muri abo bantu yari Umuzungu bivugwa ko ari umucanshuro wo mu...
Hari ibihugu by’Afurika byigiranye amasezerano n’ibigo byo mu Burayi n’Amerika bitanga serivisi z’umutekano ngo bize kuwurindira muri Afurika. Aba bacanshuro bica abaturage ba biriya bihugu bashinjwa ...







