Minisiteri y’uburezi yatangaje ko agahimbazamusyi abayobozi b’ibigo bya Leta bakaga ababyeyi kavanyweho. Ababyeyi babyishimiye bavuga ko ari ikindi kintu cyerekana ko Guverinoma ibitaho. Icyakora hari...
U Rwanda rwafatanyije n’amahanga kuzirikana ibibazo abana bavukana ubumuga bw’imyitwarire idasanzwe ishingiye ku mikorere y’ubwonko bwabo bwitwa Autism bahura nabyo. Mu Mujyi wa Kigali ahabereye inama...
Ababyeyi bo mu Karere ka Rusizi borojwe inkoko bahabwa n’ibiribwa byazo kugira ngo zizaterere amagi ku gihe babone ayo bagaburira abana. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire y’abana kivuga ko iyo umwa...
Mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke hari ababyeyi bavuga ko batagihabwa amafaranga y’imfashabere. Ingaruka ni uko imikurire y’abana babo yahazahariye. Muri Mata, 2022 nibwo baheruka ariya m...
Michael Haight yishe abana be batanu, umugore we na nyirabukwe abarashe na we arirasa. Byabereye muri Amerika ahitwa Utah mu Mujyi witwa Enoch City. Abaturanyi b’uyu muryango nibo batabaje Polisi ije ...
Abakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, (RIB), mu ishami rishinzwe ubushakashatsi no gukumira ibyaha, barasaba ababyeyi kwibuka ko gutererana umwana babyaye ari icyaha. Ngo binatuma ajya ...
Imwe mu ngingo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugarukaho mu kiganiro yagiranye n’abarimu bari baje kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abarimu ni ugucunga neza umutungo w’ibigo by...
Umukuru w’u Rwanda ubwo yatangaga impeta ku ngabo z’u Rwanda zirangije amasomo azinjiza ku rwego rwa Ofisiye, yashimye ababyeyi babo n’abandi Banyarwanda muri rusange bemerera abana babo kujya mu ngab...
Eliezer w’imyaka 34 y’amavuko uherutse kwica ababyeyi be abateye icyuma yaraye afashwe. Ubuyobozi nibwo bw’Umurenge wa Kanjongo aho ayo mahano yabereye nibwo bwaraye bubibwiye itangazamakuru. Mushiki...
Ahitwa Nyarutarama mu Karere ka Gasabo hari salon yita ku misatsi y’abana gusa. Ni abana bafite hagati y’umwaka umwe n’imyaka 11 y’amavuko kandi b’ibitsina byombi. Iki cyumba gitunganya imisatsi y’aba...









