Minisiteri y’ubuzima ivuga ko mu mezi atatu ari imbere mu Rwanda hazagera itsinda ry’abaganga bo muri Cuba bazaza guhugura bagenzi babo mu mivurire igezweho. Biri muri gahunda Leta y’u Rwanda ifatanyi...
Dr. Anita Asiimwe ukora mu Kigo MSH, akaba ashinzwe umushinga wiswe Ireme avuga ko hari impinduka mu bitabira kwiga umwuga wo kubyaza n’ubuforomo kuko abenshi mu biyandikisha ngo bige aya masomo biga...
Mu myaka itanu iri imbere Minisiteri y’ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo barimo ikigo MSH bazaba bararangije guhugura ababyaza n’abaforomo 4,000 bazafasha mu kugabanya icyuho cy’aba bantu bakora mu rw...
Mu Murenge wa Kabaya muri Ngororero haravugwa inkuru y’ababyaza babiri baherutse gutabwa muri yombi na RIB bakurikiranyweho gukomeretsa umwana wavukaga babonye apfuye baratoroka. Byabereye mu bitaro b...



