Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yasabye isi yose gusengera ababikira batandatu baherutse gushimutirwa muri Haïti bikozwe na bamwe mu barwanyi b’umwe mu mitwe 3oo yayogoje kuriya g...
Mexique ni igihugu kiri mu Majyepfo ya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Uretse kuba kiri mu bikize muri Amerika bita ko ari iya Abalatini( Latin America), iki gihugu kizwiho byinshi birimo n’urugomo ruter...
Abantu bataramenyekana bashimuse ababikira bane ubwo bari baciye mu muhanda w’ahitwa Okigwe-Umulolo bagana ahitwa Okigwe-Enugu muri Leta ya Imo muri Nigeria. Muri iyi nzira kandi haherutse gushimutirw...
Ubwo Polisi y’u Rwanda yagenzuraga uko amabwiriza akurikizwa, yaje kubwirwa ko hari abantu bagiye mu birori by’ubukwe mu Murenge wa Rusororo barizihirwa bica amabwiriza yo kwirinda COVID-19, iragenda ...



