Ndrangheta ni icyago gifite umwihariko. Si icyorezo nka COVID-19 , Ebola cyangwa SIDA ariko ni icyorezo ku bukungu, ubuzima n’umutekano w’abatuye ibihugu byinshi by’imigabane y’isi. Ndrangheta ni umur...
I&M Bank Rwanda Plc yatangaje ko inyungu yayo mu 2020 nyuma yo kwishyura imisoro yageze kuri miliyari 5.1 Frw, nubwo ari umwaka wabaye mubi ku bikorwa by’ubucuruzi kubera icyorezo cya COVID-...
Perezida Samia Suluhu Hassan yashyizeho Dr Phillip Mpango w’imyaka 63 nka visi perezida we, ndetse yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko ya Tanzania. Umwanya wa Visi Perezida nta muntu wari uwurimo nyuma...
Mu nama yahuje abantu bafite aho bahuriye n’ubuhinzi n’imirire y’Abanyarwanda harimo na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, hatangajwe ko inyama Abanyarwanda barya hanze y’ingo zabo zibanduza indwara. ...
Ubuyobozi bwa APR FC burifuriza intsinzi ikipe y’igihugu Amavubi igiye gukina umukino wo guhatanira itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika CAN na Cameroon uyu munsi saa tatu z’ijoro (...
Abagenzacyaha kuri uyu wa Mbere bageze mu rugo rwa Dr Kayumba Christopher, mu iperereza bakomeje gukora ku byaha ashinjwa byo gushaka gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa yigishaga muri...
Laurent Semanza ufungiwe muri Benin kubera ibyaha bya Jenoside yahamijwe, yasabye urukiko kumufungura yitwaje icyorezo cya COVID-19 cyugarije gereza afungiyemo. Semanza w’imyaka 77 mu mwaka ushize nab...
Nyuma y’uko atsinzwe amatora y’Umukuru w’Igihugu wa USA aheruka, ndetse akirukanwa burundu kuri Twitter, Bwana Donald J Trump yatangije Ibiro Bye bizajya bikurikirana umurage yasize akiri Perezida wa ...
Abapolisi 80 b’u Rwanda bagiye mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gace ka Malakar muri Sudan y’Epfo, babisikana na bagenzi babo 80 bari bamazeyo umwaka. Abagiye bahagurutse ku Kibuga Mp...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League (BAL) bwatangaje ko irushanwa rizahuza amakipe 12 y’intyoza muri uyu mukino muri Afurika, rizakinwa bwa mbere kuva ku wa 16-30 Gicurasi, muri Kigali Arena. BAL y...









