Uruganda General Motors rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwatangaje ko rugiye gushyira ku isoko imodoka za mbere zo mu bwoko bwa GMC Hummer EV SUV na ngenzi zazo zifunguye inyuma za Pickup, zikor...
Umukwe n’umugeni bafatiwe mu Murenge wa Kimirongo mu Mujyi wa Kigali barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, barazwa muri stade mu gihe hari bagenzi babo baguwe gitumo na Polisi bakiruka bakayicika...
Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ubwandu buri hejuru bwa COVID-19, abanduye benshi baboneka mu Ntara y’Amajyepfo by’umwihariko mu turere twa Huye, Gisagara, Ruhango na Nyaruguru. Iyi minisit...
Ibihugu bya Misiri, Sudan na Ethiopia byahuriye mu biganiro ku nzego za minisiteri, bigamije gushakira umuti ibibazo bishamikiye ku rugomero rw’amashanyarazi rwa rutura rurimo kubakwa na Ethiopia ku r...
Ruth Chepngetich ukomoka muri Kenya yashyizeho agahigo k’isi mu kwiruka igice cya marathon (21.0975 km), akoresheje isaha 1, iminota 4 n’amasegonda 2 mu irushanwa ryabaye kuri iki Cyumweru, i Istanbul...
Umunyamategeko w’umuraperi DMX yemeje ko arembye, ndetse ko ari ku byuma bimufasha guhumeka kubera uburwayi bw’umutima bumugeze habi. Murray Richman yatangaje ko DMX yagize ikibazo cy’umutima ku wa Ga...
Ubwo Polisi y’u Rwanda yagenzuraga uko amabwiriza akurikizwa, yaje kubwirwa ko hari abantu bagiye mu birori by’ubukwe mu Murenge wa Rusororo barizihirwa bica amabwiriza yo kwirinda COVID-19, iragenda ...
Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati y’u Burusiya na Ukraine bapfa agace ka Donbass. Ibihugu byombi biheruka kurwana muri 2014 bipfa agace ka Crimée. Iyo ntambara yarangiye u Burusiya buk...
Si henshi kandi si kenshi uzumva umwami ategeka ingabo ze gufungira igikomangoma iwacyo kugira ngo gikorweho iperereza ku mugambi wo guhungabanya ubusugire bw’igihugu. Ingabo na Polisi bya Jorda...
Kuri uyu wa 04, Mata, 2021 ni umunsi Abakirisitu bibuka izuka rya Yesu/Yezu Kristu uzwi ku izina rya Pasika. Kubera ko uba ari umunsi mukuru, abantu benshi barishimisha kandi muri iki gihe bakaba bash...









